Tags : Gatete Claver

Rwamagana: Abo mu murenge wa Munyaga barasaba Leta amashanyarazi

Abatuye mu kagali ka Rweru mu murenge wa Munyaga mu karere ka Rwamagana mu Ntara y’Uburasirazuba baravuga ko kutagira umuriro w’amashanyarazi bagira uruhare mu gutuma batagera ku iterambere bagasaba ubuyobozi bw’akarere kubibuka na bo bakava mubwigunge. Ubuyobozi bw’akarere ka Rwamagana bwo buvuga ko bitarenze ukwezi kwa kabiri umwaka utaha wa 2016 aba baturage bazaba bagejejweho umuriro […]Irambuye

“Inkoni iragira inka ntirinda amafaranga,” Hon Mukakarangwa

*Imirenge Sacco abadepite basanze idafite uburyo buhamye bwo gucunga amafaranga *Abajyana amafaranga kuri banki zindi bayatwara mu ntoki, *Kuba zimwe zidafite amashanyarazi bidindiza serivisi kuko nta koranabuhanga, *Abakozi ba Sacco bahembwa intica ntikize y’umushahara, barasaba ubuvugizi. Rutsiro 27/5/2015: Nyuma y’aho urwego rw’umuvunyi rugaragaje ko umrenge sacco ufite ibibazo by’icungamutungo, abadepite bo muri Komisiyo ishinzwe ubucuruzi […]Irambuye

RSSB, EWSA, RRA, na RBC byahombeje Leta za miliyari, abo

Ubwo umugenzunzi mukuru w’imari ya Leta yagezaga raporo igaragaza uko ingengo y’imari y’umwaka wa 2013-2014 yakoreshejwe ku bagize inteko ishinga amategeko imitwe yombi kuri uyu wa 11 Gicurasi 2015, abagize inteko bavuze ko niba ibyo iyi raporo igaragaza ari ukuri, byaba ari agahomamunwa bitewe n’ibigo bitandukanye nka Rwanda Revenue, RSSB, EWSA n’ibindi byahombeje Leta amafaranga […]Irambuye

Ubuyapani bwahaye u Rwanda Miliyari 5,8 zo kugeza amazi meza

05 Werurwe 2015 – Mu bice bimwe by’ibyaro mu Rwanda hari abagikoresha amazi mabi, mu gufasha u Rwanda kubona amazi meza no kugabanya iki kibazo Ubuyapani bwageneye u Rwanda inkunga ya miliyari eshanu z’amafaranga y’u Rwanda asaga azifashishwa mu kugeza amazi meza ku baturage bo mu ntara y’Iburasirazuba. Mu Ntara y’Iburasirazuba  hari abantu bagikoresha amazi […]Irambuye

Ingamba nshya ku kibazo cy’idindira ry’imishinga ya Leta

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu gatanu tariki ya 13 Kamena Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Amb Gatete Claver yavuze ko nta kibazo kizongera kubaho cy’imishinga ya Leta itinda kurangira ngo kuko hashyizweho uburyo bwo kuyikurikirana. Ni nyuma y’uko ku mugoroba wo kuri uyu wa kane Ministre Gatete atangarije Inteko ishinga amategeko ingengo y’imari y’umwaka wa 2014-2015 izatangira […]Irambuye

en_USEnglish