Tags : FIFA

Ismaila Diarra wasinyiye Rayon Sports agiye kuregwa muri FIFA na

Rayon Sports yamaze gusinyisha amasezerano mashya Ismaila Diarra wayifashije kwitwara neza muri uyu mwaka w’imikino, gusa AFC Leopards yo muri Kenya yahise itangaza ko igiye kumurega muri FIFA. Rutahizamu w’umunya-Mali, Ismaila Diarra yageze muri Rayon Sports tariki 10 Gashyantare 2016, nyuma y’amezi atandatu gusa yakinnye mu Rwanda, yashoboye gutsinda ibitego 12 muri Shampiyona, anatsinda ibitego umunani (8) […]Irambuye

India: Impaka ku buhanga bwa Messi na Cristiano zatumye umwe

Polisi mu gihugu cy’Ubuhinde yashinje umugabo ukomoka muri Nigeria kwica inshuti ye nyuma yo kutumvikana neza mu mpaka zavugaga ku buhanga bw’ibyamamare muri ruhago, Lionel Messi na Cristiano Ronaldo, ushobora kuba ari uwambere ku Isi hagati yabo. AFP ivuga ko Michael Chukwuma, w’imyaka 21, yishe akomerekeje Obina Durumchukwu, w’imyaka 34, ku cyumweru mu majyaruguru y’Umujyi […]Irambuye

U Rwanda rwagumye ku mwanya wa 85 ku rutonde rwa

U Rwanda rwagumye ku mwanya wa 85 ku rutonde ngarukakwezi rw’Impuza-mashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku Isi ‘FIFA’ rwasohotse kuri uyu wa kane tariki 03 Weruwe. Urutonde rwasohotse kuri uyu wa kabiri, ni urugaragaza uko ruhago yari ihagaze mu kwezi gushize kwa Gashyantare. U Rwanda nubwo rwagumye ku mwanya wa 85 rwariho no muri Mutarama, rwatakaje amanota […]Irambuye

Nyuma yo gushyigikirwa na CAF, Sheikh Bin Ebrahim afite amahirwe

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika, CAF, yafashe umwanzuro wo gushyigikira Sheikh Salman Bin Ibrahim Al-Khalifa wo muri Bahrain mu matora yo guhatanira kuyobora ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi, FIFA. Ni mu nama yabereye i Kigali. CAF niyo mpuzamashyirahamwe ifite amajwi menshi mu matora y’umuyobozi wa FIFA, amajwi 54 muri 209 agize inteko itora. Ibi nibyo […]Irambuye

FIFA yatangaje abakinnyi 23 bahatanira ballon d’Or

 Cristiano Ronaldo, Lionel Messi uri mu mvune na Neymar nibo bayoboye urutonde rw’abahabwa amahirwe muri 23 batangajwe na FIFA bazakurwamo umwe uzegukana umupira wa zahabu w’umukinnyi witwaye neza muri uyu mwaka uri gusozwa. Tariki 30 Ugushyingo 2015 aba bakinnyi 23 bazavamo 20 hasigare batatu ba nyuma bazamo umwe ucyegukana. Ronaldo na Messi bakaba bahabwa amahirwe […]Irambuye

Razak Fiston yafashije Intamba gukomeza gushaka tike y’Igikombe cy’Isi

Rutahizamu w’Umurundi Fiston Abdul Razak ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri yafashije ikipe y’igihugu y’u Burundi Intamba mu Rugamba kubona itike yerekeza mu cyiciro gikurikiraho mu gushaka tike izayifasha mu gikombe cy’Isi kizabera mu Burusiya muri 2018. Abarundi babigezeho ubwo basezereraga ibirwa bya Seychelles ku bitego 2-0 byose byatsinzwe na Fiston Abdul Razak. Uyu […]Irambuye

Football : Blatter na Platini bahagaritswe bihesha Hayatou kuyobora FIFA

Kuri uyu wa kane tariki 08 Ukwakira, Komisiyo y’imyitwarire ya FIFA yahagaritse by’agateganyo Perezida wa FIFA Sepp Blatter na Michel Platini mu gihe kingana n’iminsi 90, ibi byahesheje amahirwe umuyobozi w’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika Issa Hayatou wari Visi-Perezida guhita yicara ku buyobozi wa FIFA. Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi ‘FIFA’ rimaze iminsi mu bibazo […]Irambuye

World Cup 2018: Amavubi azahera mu cyiciro cya kabiri cy’amajonjora

Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) ryatangaje ko u Rwanda ruri mu bihugu bihagaze neza muri Afurika no ku Isi bitazakina imikino y’icyiciro cya mbere y’amajonjora y’Igikombe cy’isi cya 2018 (World Cup) kizabbera mu Burusiya. Ibi CAF yabitangaje kuri uyu wa kabiri, habura iminsi ine ngo habe umuhango uzagaragaza uko amakipe azakina imikino yo gushaka […]Irambuye

en_USEnglish