Tags : FDC

Uganda: Dr Besigye yifurije ishya n’ihirwe Depite Bobi Wine

Dr Kizza Besigye wamenyekanye cyane nk’utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Kaguta Museveni wa Uganda yatangaje ko yishimiye insinzi ya Depite Robert Kyagulanyi Ssentamu wamenyekanye cyane nka Bobi Wine muri muzika yo muri Uganda uherutse gutorerwa kuba intumwa ya rubanda mu nteko ishinga amategeko ya Uganda. Uyu muhanzi winjiye mu nteko ishinga amategeko ya Uganda, aherutse […]Irambuye

Museveni yasabye inzego ze z’umutekano guhagarika ibikorwa by’iyicarubozo

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni yasabye abashinzwe umutekano mu gihugu cye guhagarika ibikorwa by’iyicarubozo ku bantu bakekwaho gukora ibyaha, igihe abo bashinzwe umutekano baba babikora. Mu ibariwa Perezida Museveni yandikiye abayobozi mu nzego zo hejuru, barimo na Minisiteri y’ibikorwa by’imbere mu gihugu, yabamenyesheje ko ibikorwa by’iyicarubozo bishobora gutera umuntu kwemera ibyo atakoze  kandi ngo gukora […]Irambuye

Museveni na Besigye mu biganiro ku bibazo bireba igihugu

Mu ntangiriro z’ukwezi kwa gatatu muri Uganda hatangiye ibiganiro bitaziguye hagati ya Perezida Museveni n’ukuriye abatavuga rumwe na Leta Dr Kizza Besigye. Aba bagabo bombi bamaze iminsi badacana uwaka kubera ibibazo bya politiki batumvikana umurongo wabyo. Amatora menshi y’Umukuru w’igihugu yabaye kuva Museveni yafata ubutegetsi muri 1986 yabaga ahanganye na Besigye ariko uyu agatsindwa, bigakurura amakimbirane mu baturage bamwe […]Irambuye

ICC yakiriye ikirego kirega Museveni kwibasira inyokomuntu

Abadepite bane bo mu ishyaka rya FDC (Forum for Democratic Change) ritavuga rumwe na Leta ya Uganda baregeye Urukiko Mpuzamahanga mpanabyaha ICC ikirego kirega Perezida Yoweri Kaguta Museveni ibyaha byibasiye inyokomuntu. Uru rukiko rwatangaje ko iki kirego cyakiriwe. Aba badepite bo mu gace ka Kasese ko mu burengerazuba bwa Uganda, barimo Winni Kiiza wabwiye ibinyamakuru […]Irambuye

Uganda: Umuyobozi wa Polisi, Gen Kale Kayihura ntakiburanishijwe mu nkiko

Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu gihugu muri Uganda, yemeje ko Kale Kayihura, Umuyobozi wa Polisi atazakurikiranwa mu nkiko nyuma yo kwanga kwitaba urukiko kubera ibyaha Polisi ayoboye iregwa byo guhutaza abatavuga rumwe na Leta. Mu kiganiro n’abanyamakuru i Kampala, Aboubakar Jeje Odongo yavuze ko Umukuru wa Polisi atazakurikiranwa mu nkiko, nka we ubwe kubera ko ngo […]Irambuye

en_USEnglish