*Hari abantu benshi bagiye bakatirwa ariko ntibafungwe *Imanza za Gacaca zarangijwe kuri 94% *Hari imanza Inyangamugayo zategetse ko umusozi wose uzishyura Kuri uyu wa gatatu Ministeri y’ubutabera yasobonuriye komisiyo ya politike n’imiyoborere myiza muri Sena iby’ishyirwa mu bikorwa ry’imyanzuro Sena yashyikirije Guverinoma ku birebana n’imanza za Gacaca zitararangizwa, ishyirwa mu bikorwa ry’igihano nsimburagifungo (TIG), n’ikibazo […]Irambuye
Tags : Evode Uwizeyimana
*Ati “ Ubu se wowe ko wemerewe gutunga imbuda uri urwego rw’Umutekano?” *FBI (ya USA) izitabazwa mu guha ubumenyi bw’abazakora muri RIB… Abadepite bemeye umushinga w’Itegeko rishyiraho urwego rw’igihugu rushinzwe iperereza (Rwanda Investigation Bureau), ukazahita ushyikirizwa Perezida wa Repubulika kugira ngo awemezo nk’itegeko. Umunyamabanga wa Leta ushinzwe itegeko Nshinga muri MINIJUST, Evode Uwizeyimana avuga ko […]Irambuye
Mu kiganiro gisobanura imwe mu myanzuro yemejwe n’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku itariki 12 Ukwakira 2016, Me Evode Uwizeyimana Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutabera ushinzwe Itegeko Nshinga n’andi mategeko, yavuze ko Urukiko rw’Ubujurire nirujyaho ruzakemura ikibazo cy’imanza z’ibirarane zashobora kumara imyaka mu rw’Ikirenga zitaburanishijwe. Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Itegeko Nshinga n’andi mategeko muri Minisiteri y’Ubutabera, […]Irambuye
Abagize Komisiyo ishinzwe kunganira Inteko Ishinga Amategeko kuvugurura Itegeko Nshinga ry’ u Rwanda mu rukiko rw’Ikirenga niho kuri uyu wa gatatu barahiriye gukora neza imirimo bashinzwe, bahawe igihe cy’amezi ane. Aba bantu barindwi bashyikirije abayobozi b’Inteko Ishinga Amategeko inzandiko zibemerera gutangira imirimo maze Inteko (imitwe yombi) ibashyikiriza ibikoresho n’inzandiko bizabafasha gutangira imirimo yabo. Hon Donatille […]Irambuye