Tags : Emery Bayisenge

Emery Bayisenge yabonye Visa, agiye gukina muri Maroc

Emery Bayisenge  myugariro wa APR FC n’ikipe y’igihugu Amavubi yamaze kubona ibyangombwa bimwemerera kujya gukina muri KAC Kenitra yo muri Maroc. Mu ijoro ryakeye nibwo Emery Bayisenge yavuye muri Kenya aho yari yagiye gushaka ibyangombwa bimwemerera kujya gukorera muri Maroc. Nyuma y’igikombe cya Afurika gihuza abakina imbere mu bihugu byabo, CHAN2016 yabereye mu Rwanda, nibwo […]Irambuye

Umuseke watoranyije Abakinnyi 11 beza n’umutoza ba CHAN 2016

Abakinnyi 11 beza muri CHAN 2016 Igikombe cya Afurika cy’abakinnyi bakina iwabo mu bihugu (CHAN), cyaberaga mu Rwanda kuva tariki 16 Mutara 2016, gisojwe mu byishimo byinshi, kuri DR Congo. Meschak Elia wayo ni we watowe nk’umukinnyi w’irushanwa, anahembwa nk’uwatsinze ibitego byinshi (4). Umuseke watoranyije abakinnyi 11 ibona ko babaye beza kuri buri mwanya, muri […]Irambuye

AMAFOTO y’umukino wa APR FC na Al Ahly mu Misiri

Nta gitunguranye, muri week end APR FC yatsindiwe mu Misiri 2 – 0 nyuma yo gutsindirwa mu Rwanda mu mukino ubanza nabwo 2 – 0. Umunyamakuru Reda Ghanem wo mu Misiri yabwiye Umuseke ko uyu mukino Al Ahly nabwo yagaragaje ko irusha byinshi APR FC cyane mu marushanwa nk’aya y’amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Africa. […]Irambuye

Bamwe mu bakinnyi bazwi mu Rwanda n’inzozi zabo bakiri bato

Abakina umupira w’amaguru bamwe muri bo bakiri bato sizo zari inzozi zabo. Abana bakiri bato usanga bafite inzozi ahanini zishingira kubyo babona abakuru bakora bakumva bibanyuze. Bamwe mu bakinnyi bazwi mu Rwanda nka Emmery Bayisenge yumvaga azaba umucamanza, umuzamu uzwi ku izina rya Bakame we yumvaga azaba umushoferi w’imodoka zitwara abantu, Robert Ndatimana we yumvaga […]Irambuye

en_USEnglish