Tags : Dr Papias Musafiri Malimba

Min. Papias asaba ababyeyi gutanga uko bifite mu kugaburira abana

Nyamagabe- Mu kwizihiza umunsi nyafurika wahariwe kugaburira abana ku mashuri wizihirijwe mu karere ka Nyamagabe, kuri uyu wa 25 Werurwe Minisitiri w’Uburezi Dr Musafiri Malimba Papias yavuze ko ababyeyi badakwiye kwitwaza ko babuze amafaranga y’umusanzu wo gutanga muri iyi gahunda kuko bashobora no kujya batanga uko bifite kugira ngo iyi gahunda igende neza. Abanyeshuri biga […]Irambuye

Akanyafu n’igitsure cya mwalimu, byajyanye n’uburere n’ikinyabupfura ku ishuri

*Abalimu ngo kuba batagihana abanyeshuri bituma umuco wo kubaha ukendera, *Minisitiri Musafiri avuga ko uburere bupfira mu miryango. Ku munsi mpuzamahanga wahariwe mwarimu, wizihijwe tariki ya 5 Ukwakira mu Rwanda mu karere ka Gasabo, abarimu bagararagarije abayobozi bafite uburezi mu nshingano, ko ingaruka z’uburere buke no kutubaha bisigaye muri bamwe mu bana b’iki gihe biterwa […]Irambuye

Minisitiri w’Uburezi yanenze abavuga ko imyuga yigwa n’abananiranye

Karongi – Minisitiri w’Uburezi, Dr Papias Malimba Musafiri mu ruzinduko ari kugirira mu Ntara y’Iburengerazuba, ku munsi  w’ejo tariki 30 Gicurasi yafunguye ku mugaragaro amashuri atanu y’imyuga  yubatswe n’umushinga w’AbaSuisse witwa ‘Suisse Contact’ asaba ko aya mashuli atafatwa nk’aho yigwamo n’ababuze  uko bagira cyangwa abananiranye, bihinduka kuko ngo uwize umwuga ataburara. Umwe mu banyeshuli biga […]Irambuye

Perezida Kagame yasabye ko Ikinyarwanda kigishwa no ku batagihisemo

Ni igitekerezo cyatanzwe na Mgr Servilien Nzakamwita umushumba wa Diyosezi Gatolika ya Byumba kuri uyu wa kabiri mu nama y’igihugu y’Umushyikirano, wavuze ko ikinyarwanda nk’ururimi ruduhuza rutagihabwa umanya uhagije mu burezi cyane cyane muri Kaminuza. Minisitiri w’Uburezi yahise asobanura uburyo kigenda kigishwa kugeza mu mashuri yisumbuye, gusa Perezida Kagame we atanga igitekerezo ko ikinyarwanda cyakwigishwa […]Irambuye

en_USEnglish