Tags : Dr Musafiri Malimba Papias

Gushaka ireme ry’uburezi mwarimu abayeho nabi ni ugukora ubusa-Dr. Belay

*Ngo mu burezi, umwarimu ni we ukwiye kwibandwaho, *Mu Rwanda ngo uburezi kuri bose byagezweho ariko ireme riracyacumbagira,… Dr. Belay Begashaw uyobora ikigo gishinzwe kwihutisha intego z’iterambere rirambye muri Afurika SDGC/A avuga ko ireme rw’uburezi mu bihugu biri mu nzira y’amajyambere rikiboshywe n’imiberereho mibi y’abarimu. Kuva kuri uyu wa Gatatu, i Kigali hateraniye inama y’iminsi […]Irambuye

Ubundi kwigisha ntabwo ari ubucuruzi…- Min Musafiri

*Hon Ntawukuriryayo we ngo abona byicwa n’itegeko rigenga amashuri makuru… Minisitiri w’Uburezi, Dr Musafiri Malimba Papias avuga ko muri iyi minsi uburezi bwo mu mashuri makuru na za kaminuza byigenga bwahindute ubucuruzi, akavuga ko bidakwiye kuko intego yo kwigisha ari ukuzamura ireme ry’umuryango mugari (ibyo yise ‘Social Motive’). Mu biganiro byo gusobanurira Abasenateri bagize Komisiyo […]Irambuye

Ireme ry’Uburezi: Kiliziya Gatulika ivuga ko inzira ikiri ndende

Umuyobozi w’ibiro bishinzwe uburezi muri kiliziya Gatulika mu Rwanda, Padiri Janvier Nduwayezu avuga ko inzira ikiri ndende mu kugera ku ntego z’ireme ry’uburezi kuko bukirimo ibibazo byinshi bishingiye ku bumenyi butangwa, n’ibikorwa remezo by’amashuri. Kuri uyu wa Gatatu, abayobozi b’amashuri ya kiliziya Gatulika barahurira hamwe kugira ngo biyibutse uruhare rwa Kiliziya mu kuzamura ireme ry’uburezi. […]Irambuye

Miliyari 29 Frw zashyizwe mu masomo yitezweho guhangana n’ubushomeri

I Kigali, kuri uyu wa 05 Nzeli hatangijwe ikiciro cya Gatatu cy’Itorere ‘Intagamburuzwa’ ry’urubyiruko rwiga mu mashuri makuru yo mu Rwanda bazahugurwa uko bazasoza amasomo yabo babasha kwihangira imirimo. Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Uburezi, Dr Ntivuguruzwa Celestin avuga ko amasomo yitezweho guhangana n’ikibazo cy’ubushomeri yashyizwemo asaga miliyari 29. Iki kiciro cya Gatatu kizatorezwamo urubyiruko 2 500 bo […]Irambuye

en_USEnglish