Tags : Doing Business

Doing Business: Intego ni ukuza mu bihugu 30 bya mbere

Raporo ya Banki y’isi ku hantu horohereza ubucuruzi ishyira u Rwanda ku mwanya wa 56 n’uwa kabiri muri Africa (Doing Business 2017). Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere RDB yatangaje uyu munsi ko hashize igihe u Rwanda rukora amavugurura kubyo basabwe na Banki y’isi, intego ngo ni uko u Rwanda ruba mu bihugu 30 bya mbere […]Irambuye

Impuguke zo muri Singapore zisanga i Rusizi hari amahirwe menshi

Kuba aka karere karashyizwe mu mijyi yunganira Kigali, ngo ni amahirwe abahatuye bafite yo kubyaza umusaruro, ibyiza nyaburanga bigize aka karere nka Pariki ya Nyungwe, Kivu, amashyuza n’ibindi byatuma abava hanze bazana amadevize muri uyu mujyi bikanazamura ishoramari muri aka karere. Ikigo cy’igihugu  cy’imiyoborere (RGB) kiri kumwe n’impuguke zigize itsinda Future Moves Group zavuye muri […]Irambuye

Ushobora gutanga ikirego cyerekeranye n’ubukucuruzi ukoresheje ikoranabuhanga

Mu rwego rwo guteza imbere ubutabera no gukemura impaka mu byerekeranye n’ubucuruzi, Leta y’u Rwanda yashyizeho uburyo bwo gutanga ikirego no kugikurikirana kugera urubanza rurangiye hifashishijwe ikoranabuhanga. Mu Rwanda ubu hari inkiko z’ubucuruzi enye arizo: Urukiko rukuru rw’ubucuruzi, Urukiko rw’ubucuruzi rwa Nyarugenge, Urukiko rw’ubucuruzi rwa Musanze n’Urukiko rw’ubucuruzi Huye. Muri izi nkiko hafi ya zose […]Irambuye

Impinduka u Rwanda rwakoze mu korohereza ishoramari ziratanga umusaruro –

Kuva Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kwihutisha Iterambere (RDB) cyatangira amavugurura agamije kwihutisha kwandikisha business, imisoro n’abakozi; mu gukemura impaka hagati y’abacuruzi binyuze mu rukiko ry’ubucuruzi; kubona ibyangombwa byo kubaka no kuvugurura inyubako; Kwandikisha umutungo; Kubona umuriro; Kwishyura imisoro; Gufunga business mu gihe bitagenze neza n’ibindi, ngo ubu birimo gutanga umusaruro ufatika. Kuva tariki ya 01 Kamena […]Irambuye

en_USEnglish