Tags : Didier Reynders

Umuti urambye ku mpunzi z’Abarundi ni ugutaha iwabo – Reynders

*Umubano w’u Burundi n’u Bubiligi ngo ntukwiye gushingira ku mateka y’ubukoloni gusa, *U Bubiligi buzakora ibishoboka byose kugira ngo ibikorwa byo gufasha mu nkambi bigende neza, *UHCR mu Rwanda imaze kubona miliyoni 19,5$ mu gihe hakenewe miliyoni 105,5$ azafasha impunzi 160 000. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’U Bubiligi, Didier Reynders wari mu Rwanda kuva ku gatatu […]Irambuye

Min. w’ububanyi n’amahanga w’Ububiligi Didier Reynders yaje mu Rwanda

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Ububiligi uri mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu karere, nyuma yo gusura Tanzania yaje mu Rwanda kugira na ibiganiro n’inzego zinyuranye. Nyuma y’iminsi ibiri muri Tanzania, Reynders yafashe indege mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu aza mu Rwanda kubonana n’abayobozi banyuranye. Ku rubuga rwa Twitter, Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Ububiligi, yatangaje ko muri […]Irambuye

I Buruseri harimo kubera inama ku kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi

Batangira inama ku gikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ku nshuro ya 20, abitabiriye iyi nama irimo kubera i Buruseri mu gihugu cy’Ububiligi bafashe umunota wo kwibuka abazize Jenoside zitandukanye zabereye ku Isi barimo n’u Rwanda  bagamije kurwanya no gukumira ubwicanyi nk’ubu . Iyi nama mpuzamahanga ije mu gihe habura iminsi mike kugira […]Irambuye

en_USEnglish