Tags : Catholic

Hari icyizere ko Mutuelle de Santé izajya ifasha abafite ubumuga

 HVP Gatagara/Nyanza – Umuyobozi w’ikigo cyakira kikanita ku bafite ubumuga HVP Gatagara/Nyanza, Frere Kizito Misago avuga ko ashima ubufasha Leta iha iki kigo nyuma y’uko inkunga z’amahanga zigabanuka, ndetse ngo hari icyizere ko vuba aha ubwishingizi bwa Mutuelle de Santé buzajya bufasha abafite ubumuga kubona insimburangingo. Iki cyari kimwe mu bibazo bikomeye bibangamira abafite ubumuga […]Irambuye

Umuhanga muri ‘Computer’ yahanuye ko Yezu azagaruka mu mpera z’uku

Umukobwa w’umuhanga mu gukora ‘programs’ za Mudasobwa akaba n’Umukirisitu, Nora Roth avuga ko yifashishije mudasobwa ye yakoze imibare asanga Yesu Kristu azagaruka mu mpera z’Ukuboza uyu mwaka. Ngo Yesu nagaruka azasiga Isi idashobora kongera guturwa mu myaka nibura 1000. Uriya muhanga yavuze ko mu myaka 1000 ngo isi izaba iruhutse akajagari k’abantu. Uyu mukobwa yemera […]Irambuye

Ibikorwa byawe ni byo bigaragaza Umukristo uri we

Kugira ngo twitwe Abakristo ni uko tuba twarizeye Imana binyuze mu Mwami wacu Yesu Kristo kuko ni we uduha ubwo bushobozi [Yohana14:12] Abandi bantu bafite uburyo bizera Imana bitanyuze muri Yesu Kristo; ubwo na bo bafite uko bitwa. Ariko umuntu uwo ari we wese witwa Umukristo; ni uko aba yizera Imana binyuze mu mwami Yesu Kristo. […]Irambuye

Abafite ubumuga barashinja Bibiliya kugira amagambo abapfobya

Inama y’igihugu y’abantu bafite ubumuga mu Rwanda irasaba umuryango wa bibiliya mu Rwanda kuvugurura bibiliya amazina apfobya abantu bafite ubumuga agakurwamo. Ibi ni ibyatangajwe na Ndayisaba emmauel umunyamabanga nshingwabikorwa w’inama y’igihugu y’abantu bafite ubumuga mu kiganiro n’abanyamakuru. Mu rwego rwo guha agaciro abantu bafite ubumuga, inama y’igihugu y’abantu bafite ubumuga yatangaje ku mugaragaro inyito zisimbura […]Irambuye

en_USEnglish