Tags : Bosenibamwe Aime

Gicumbi: Abanyarwanda icyubahiro tugendana ni uko twahisemo kuba umwe- Bosenibamwe

Guverineri w’Intara y’Amjyaruguru, Bosenibamwe Aime arasaba abaturage bo mu karere ka Gicumbi kuzirikana aho bavuye n’aho bageze kugira ngo barusheho kwiteza imbere baharanira kutazasubira mu by’abatanyaga. Avuga ko ibyo Abanyarwanda bari kugeraho babikesha kureba kure bagahitamo kumva ko bose ari bene Kanyarwanda. Ni mu biganiro yagiranye n’abaturage bo mu karere ka Gicumbi mu mpera z’icyumweru […]Irambuye

Muhazi: Ngo ikiyaga kiri kubatwarira ubutaka kubera imigano itakiba ku

Ku kiyaga cya Muhazi, ahagana ku ruhande rw’akarere ka Gicumbi mu majyaruguru y’u Rwanda ntihakirangwa ibiti by’imigano byahahoze, bamwe mu baturage bakavuga ko aho ibi biti bicikiye amazi y’iki kiyaga akomeje gusatira ubutaka bwabo basanzwe bahingamo akabutwara. Aba baturage baturiye aha hahoze imigano ariko itakiharangwa, bavuga ko babwiwe kenshi ko ibi biti biba bifatiye runini […]Irambuye

Gicumbi: Ngo Inzego z’Ibanze ni zo zituma Kanyanga idacika…

*IPGL n’Itangazamakuru mu biganiro byo guhashya ibiyobyabwenge, *Bosenibamwe avuga ko abayobozi bakingira ikibaba abinjiza kanyanga batazihanganirwa. Mu biganiro nkemurampaka byari bigamije gukumira no kurandura Ibiyobyabwenge bikunze kuvugwa mu karere ka Gicumbi, by’umwihariko Kanyanga, ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, abayobozi bo mu nzego z’Ibanze bagarutsweho ko ari bo batuma iki kiyobyabwenge gikomeza kunyobwa muri […]Irambuye

Gutangaza ukuri kuri Jenoside yakorewe Abatutsi ni inshingano yacu –

Mu ijoro ryo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 22, abanyeshuri biga ku ishuri rya Tumba College of Technology basabwe gutangaza ukuri kuri Jenoside yakorewe Abatutsi, mu rwego rwo kurwanya ubushotoranyi n’ibikorwa bimwe na bimwe bidahwema gukora raporo mbi ku Rwanda. Iki gikorwa cyitabiriwe n’abanyeshuri biga mu ishuri ndetse n’abaturage barituriye, aho habanje igikorwa […]Irambuye

en_USEnglish