Tags : BGS Global Hospitals

Global Peace Index: Ibihugu 10 gusa ku Isi nibyo bitari

Icyegeranyo cyitwa ‘Global Peace Index’ cy’uyu mwaka kiragaragaza ko Isi ikomeje kujya mu bibazo by’intambara n’amakimbirane, kikagaragaza ko ibihugu 10 ku Isi aribyo gusa bitabarizwamo intambara n’amakimbirane ayo ariyo yose afitanye isano nayo.   Iki cyegeranyo kivuga ko kubera amakimbirane n’intambara bikomeje kuvuka mu Burasirazuba bwo hagati, no kuba Isi yaraburiye igisubizo ibibazo by’impunzi, iterabwoba, […]Irambuye

Tumenye kandi twirinde Kanseri y’umwijima

Kanseri y’umwijima iterwa n’uruhurirane rw’utubyimba tuba mu nyama y’umwijima ( liver tumors) kandi iri ku mwanya wa gatatu ku Isi mu guhitana benshi. Mu gihugu cy’u Buhinde honyine imibare yerekana ko byibura abantu 12,750 bafatwa n’iyi Kanseri buri mwaka. Nubwo bwose iyi mibare ari mito, iragaragaza ko muri kiriya gihugu kibarirwa mu bifite abaturage benshi ku […]Irambuye

Rya neza ugire ubuzima bwiza

Nubwo indwara z’umutima ziyongereye mu myaka ya vuba aha kurusha mbere, hari uburyo butandukanye abantu bakoresha kugira ngo bazirinde zitarabafata. Bumwe muri bwo ni ukurya indyo yuzuye, yiganjemo imboga n’imbuto. Imirire myiza ni imwe mu nkingi zikomeye zifasha umuntu kwirinda gufatwa indwara z’umutima ndetse n’izindi zitandukanye. Kurya neza( bitandukanye no kurya ibintu bikize ku mavuta) […]Irambuye

Uko abakuze barwanya indwara z’umutima n’imitsi

Muri iki gihe abaganga bavuga ko hamaze gutangizwa ishami rishya rw’ubuvuzi ryita ku ndwara z’umutima zifata abantu bakuze ryirwa  geriatrics.  Ubusanzwe  indwara z’umutima n’imitsi zibasira abantu bakuze, bigatuma batabasha kwiteza imbere mu bintu  bitandukanye. Imibare itangwa n’abashakashatsi mu mibereho n’imibanire y’abantu igaragaza ko umubare w’abantu basheshe akanguhe ukomeza kwiyongera ku Isi. Ibi biteye impungenge abaganga […]Irambuye

en_USEnglish