Tags : Au Summit

Afurika ntidukwiye kugwa mu mutego w’abatubuza gukoresha amashanyarazi dufite- Macky

Mu gufungura ku mugaragaro inama y’umuryango wa Afurika yunze Ubumwe iri kubera mu Rwanda kuva kuwa 10 Nyakanga, Perezida wa Senegal, Macky Sall yasabye Afurika guhagurukira ikibazo cy’ingufu z’amashanyarazi no gushyira imbere iterambere ridaheza, avuga ko uyu mugabane udakwiye kugwa mu mutego w’abawubuza gukoresha ingufu z’amashanyarazi ufite. Nubwo hari ibibazo, imishinga y’iterambere n’ibikorwa remezo ku […]Irambuye

Icyo wakwifuza kumenya cyose kuri Kigali Convention Center

Iyi nyubako irangaza abagenzi izwi nka Kigali Convention Center (KCC) yubatse ku buso bwa Hegitari 12,6, ku Kimihurura, kuri Rond point izwi nko kuri KBC, mu bilometero 5 uvuye hagati mu Mujyi rwagati n’ibilometero 5 uvuye ku kibuga cy’indege cya Kigali i Kanombe. Ni ikibanza kirimo inyubako ebyiri nini, ikoreramo Hoteli yitwa Radsson Blu igaragaraho […]Irambuye

Twasanze u Rwanda rwiteguye neza AU Summit – Dlamini-Zuma

Nyuma yo kwakirwa na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, kuri uyu wa kane, Umuyobozi mukuru w’umuryango wa Afurika yunze ubumwe Dr. Nkosazana Dlamini-Zuma yavuze ko anejejwe n’aho u Rwanda rugeze rwitegura inama ya 27 y’umuryango wa Afurika yunze ubumwe. Kuva mu matariki 10 kugera 18 z’ukwezi gutaha kwa Nyakanga, u Rwanda ruzakira inama ya 27 […]Irambuye

en_USEnglish
en_USEnglish