Tags : Amazi

Amoko 360 y’inyamabere azacika ku isi mu myaka 50 iri

Abahanga mu binyabuzima bo mu bihugu bitandukanye bavuga ko amoko 360 y’inyamaswa z’inyamabere zo muri Africa, Asia  no muri Amerika y’amagepfo ashobora kuzacika ku isi kubera ubwiyongere bw’abaturage bakenera kuzirya, bakazirukana aho zituye kugira ngo bahature cyangwa bahubake ibikorwa remezo, abandi bakazica bagamije amahembe n’impu zazo. Inyandiko abahanga basohoye mu kinyamakuru Nature Insight ivuga ko […]Irambuye

Ku munsi Kigali ikeneye amazi m³ 120 000 ahari ni

* WASAC iyungurura m3 230 000 ku munsi gusa andi make ayungururwa n’inganda nto, *Ngo bitarenze Kamena 2017 amazi muri Kigali aziyongeraho m3 55 000 Tariki ya 22 Werurwe buri mwaka Isi yahariye uwo munsi uw’amazi. Mu gihe amazi ari uburenganzira bw’ibanze bwa muntu, mu Rwanda haracyasabwa byinshi ngo buri muturage abone amazi mu rugo iwe, […]Irambuye

Ikibazo cy’amazi kimaze ibyumweru bibiri mu mujyi wa Rubavu

Iburengerazuba – Abatuye Umujyi wa Rubavu baganiriye n’Umuseke bavuga ko ikibazo cy’amazi kimaze gukomera kuko ubu kimaze ibyumweru bibiri, uduce tumwe na tumwe tw’umujyi nitwo dushobora kumara amasaha macye dufite amazi. Ababishinzwe baravuga ko ari ikibazo cy’imvura igwa muri Gishwati. Mu duce dutandukanye tw’umujyi hari abavuga ko bamaze ibyumweru bibiri batazi amazi muri ‘robines’ zabo, […]Irambuye

Isaranganywa ry’amazi mu Mujyi wa Kigali

Ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu gitanga kandi kigakwirakwiza amazi n’amashanyarazi EWSA buramenyesha abafatabuguzi bacyo batuye cyangwa bakorera mu Mujyi wa Kigali ko muri iyi mpeshyi amazi azasaranganywa mu duce dutandukanye mu rwego rwo gusangira amazi make iki kigo gifite ubu. Kubera impamvu z’ubuke bw’aya mazi, iki Kigo cyirasaba Abanyarwanda muri rusange n’abatuye Umujyi wa Kigali by’umwihariko kwirinda […]Irambuye

PAC ikomeje ubushakashatsi ku gihombo cya miliyari 13 muri EWSA

Akanama gashinzwe gukurikirana ikoreshwa ry’umutungo wa Leta, (PAC) kuri uyu wa kabiri tariki 22 Mata kongeye gusaba ibisobanuro byisumbuye ku byo kahawe tariki 25 Werurwe 2014 na EWSA bijyanye n’igihombo cya miliyari 13 z’amafaranga y’u Rwanda yaburiwe irengero nk’uko byagaragajwe na raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’imari ya Leta ya 2011-2012. Uyu munsi abagize aka kanama bagiye […]Irambuye

en_USEnglish