Tags : Al-Shabaab

Kenya: Urukiko rwatesheje agaciro icyemezo cyo gufunga inkambi ya Dadaab

Niyo nkambi y’impunzi ya mbere nini ku Isi. Inkambi ya Dadaad icumbikiye impunzi ibihumbi 260 by’abaturage bahunze Somalia. Umwanzuro wa Leta ya Kenya wari wafashwe mu mwaka ushize, wari ugamije gufunga iriya nkambi kuko ngo intagondwa zishingiye ku mahame y’Idini ya Islam za  Al Shabaab zakuraga abarwanyi. Urukiko ry’Ikirenga muri Kenya rwatesheje agaciro icyemezo cya […]Irambuye

Kenya: Igitero cya al-Shabaab cyongeye kwibasira Abakirisitu

Kuri uyu wa kane umutwe w’abarwanyi bagendera ku mahame ya Kisilam ba al – Shabaab batangeje ko bishe abaturage batandatu b’Abakirisitu mu mujyi wa Mandera uherereye mu majyaruguru y’uburarasirazuba bwa Kenya. Polisi ya Kenya yatangaje  ko abo barwanyi bateye amagerenade banarasa urufaya rw’amasasu aho abaturage b’abakilisitu batuye, mu gihe bari basinziriye. Iki ni ikindi  gitero […]Irambuye

Umunyarwanda wakoranaga na Al-Shabaab yishyikirije Police ya Kenya

Pascal Bizimungu alias “Big man Abdirizak” uvuga ko ari Umunyarwanda, aherutse kwishyikiriza Police ya Kenya y’ahitwa Mandela, asaba ko Guverinoma y’icyo gihugu yamurindira umutekano kuko abarwanashyaka b’umutwe w’inyeshyamba wa Al-Shabaab yakoranaga nawo bashaka kumwica. Mu kiganiro yagiranye n’Abanyamakuru kuwa mbere w’iki cyumweru, Bizimungu abajijwe impamvu ahisemo kuva muri Al Shabaab yagize ati “Ndambiwe ibikorwa bya Al-Shabaab. […]Irambuye

en_USEnglish