Uyu muhanzi uherutse mu biruhuko mu Rwanda, yatangiye kugaragara mu mwuga wo gukina film no kumurika imyambaro mu gihugu cya Canada aho asigaye atuye ubu, yemeza ko impano ze abasha kuzizamura zose muri kiriya gihugu. Ubusanzwe amazina ye ni Frank RUKUNDO, yavukiye mu gihugu cya Uganda mu mujyi wa KAMPALA tariki ya 22 Gashyantare 1981. […]Irambuye
Ingabo z’igihugu cya Guinea Bissau zafashe umurwa mukuru kuva kuri uyu wa 13 Mata, zifunga kandi Ministre w’Intebe ndetse na President. Ibihugu byinshi bikaba byamaganye iki gikorwa. Ministre w’Intebe Carlos Gomes Junior wahabwaga amahirwe yo gutsindira kuyobora iki gihugu mu kiciro cya kabiri cy’amatora yari ateganyijwe tariki 22 Mata, niwe izi ngabo zahereyeho zita muri […]Irambuye
Kimihurura – Kuri uyu wa 13 Mata, Urukiko rw’Ikirenga rwanze kwakira ikirego cya Victoire Ingabire n’umwunganizi we Maitre Gatera Gashabana kuko kitujuje ibisabwa n’amategeko nkuko byasobanuwe n’Urukiko. Tariki ya 27 Werurwe, Victoire Ingabire yashyikirije urukiko rw’Ikirenga, mu nyandiko, ikirego avuga ko ingingo za 2,3,4 ziri mu itegeko numero 33 BIS 2003 ruhana ingengabitekerezo ya Genocide […]Irambuye
Ubusanzwe, muntu iyo ageze ku myaka nk’iyi ibyo aba akenera gukora wabibarira ku ntoki. Bitewe n’uko n’iminsi aba ashigaje ku isi nayo nawe aba yemeza ko ari mbarwa, ariko kandi n’intege z’izabukuru ziba ari nke. Ntibisanzwe kumva ko ku myaka 90, umuntu ashobora kwiyandikisha (sign up) ku rubuga nkuzasanyambaga rwa TWITTER. Betty White,90, arakuze ariko […]Irambuye
Abakora umwuga wo gutwara abagenzi mu mujyi wa Kigali ku modoka ntoya (Tax voiture),baratangaza ko ikiguzi cy’urugendo kuri kilometer imwe niba kidahindutse akazi bahitamo kukareka. Ni nyuma y’uko aba ba Taximen bagiye gutangira gukoresha utumashine twerekana ikiguzi cy’urugendo (Tax Metters) bitewe n’ibirometero umugenzi yakoze. Nubwo hariho ibiciro bagombaga gukurikiza, habagaho kumvikana hagati y’umugenzi n’umushoferi. Uburyo […]Irambuye
Amakuru yashyizwe ahagaragara n’ikipe y’abaganga yakoze isuzuma ry’umurambo (autopsy) wa Steven Charles Kanumba yerekanye ko yazize “Brain concussion”. Umwe mu baganga bakoze igenzura ry’umurambo we akaba yatangarije ibitangazamakuru byo mu gihugu cya Tanzaniya ko iki gikorwa cyatangiye mu rucyerera ahagana saa kumi za mu gitondo bikarangira ahagana mu masaha ya saa kumi n’ebyiri n’igice nyuma […]Irambuye
Dr Muhayimpundu Ribakare, ukurikirana ubuvuzi bw’abarwayi babana n’ubwandu bwa SIDA mu kigo cy’ubuvuzi gishamikiye kuri ministere y’ubuzima RBC avuga ko iryo vuriro rifunzwe bitewe n’iperereza riri gukorwa ku bijyanye nuko ryaba ryaratanze imiti igabanya ubukana bw’ubwandu bwa SIDA kandi ritabifitiye uburenganzira. Iryo vuriro Girimpundu ryahagaritswe nyuma yuko hari amakuru yageze kuri Ministeri y’Ubuzima avuga ko […]Irambuye
12 – Mata, Algeria — Ahmed Ben Bella, impirimbanyi y’ubwigenge, yabaye kandi president wa mbere w’igihugu cya Algeria yitabye Imana mu rugo rwe i Alger ku myaka 95 y’amavuko. Kugeza ubu, abo mu muryango we no muri guverinoma ya Algeria ntawuratangaza impamvu y’urupfe rwe, nubwo ngo izabukuru zitaburamo. Inshuro ebyiri mu kwezi gushize iyi ntwari […]Irambuye
Updates (13 Mata 2012/ 18h10): Abandi bantu babiri bimaze kumenyekana ko nabi bitabye Imana bazize imvura nyinshi iri kugwa muri iyi minsi. Abo bantu ni abo mu mirenge ya Nyundo na Kanama mu karere ka Rubavu Iyi mvura nyinshi yaguye mu rukerera rwo kuri uyu wa kane tariki 12, mu majyaruguru n’uburengerazuba bw’u Rwanda, kugeza […]Irambuye
Ku giciro cya miliyoni 992 z’amanyarwanda muri cyamunara kuri uyu wa kane tariki 12 Mata, habuze ugeza kuri iki giciro ngo yegukane inzu ikoreramo Michael’s Den Hotel. Iyi nzu yagombaga kugurishwa hakurikijwe itegeko Nomero 03/2010/ORG ryo rya tariki 16/11/2010 ryerekeranye no kugurisha imitungo, kubera ko nyiri iyi nyubako Theoneste Mutsindashyaka atabashije kwishyura umwenda abereyemo Banki […]Irambuye