Niba hari igihe kigeze kibaho kikarakaza Imana, ni iyi minsi ya none. Ibibi by’uburyo bwose bigenda byiyongera buri munsi kandi gusubira inyuma no gutakaza ubushobozi bwo kwirinda no kwigenzura bya muntu birakabije cyane. Icyo nshaka kugeza ku basomyi b’uru rubuga ni ubukwe bw’agahomamunwa bw’abantu bahuje igitsina, ubukwe butemerwa n’imico hafi yose y’abatuye Isi, ubukwe butemerwa […]Irambuye
Intangarugero mu guhindura ibintu muri ‘business’, politiki, itangazamakuru, kuzana udushya ndetse n’ibindi byagize impinduka nziza ku bukungu bwa Africa zizahembwa mu muhango ukomeye uzabera i Lagos muri Nigeria tariki 30 Kamena 2013, muri 15 bazahembwa harimo Perezida Paul Kagame. Uyu muhango uzaba mu gihe hazaba kandi hatangizwa ku mugaragaro EbonyLife TV, televiziyo y’ibijyanye n’imyidagaduro ku […]Irambuye
Ikipe ya Manchester United yatangiye urugamba rwo kuba yasinyisha nanone umukinnyi Cristiano Ronaldo muri iyi mpeshyi. Manchester ngo iratekereza ko iza gufatira ku kuba uyu musore i Madrid atanezerewe no kugenda kwa Mourinho bityo bakaba bahera aho bakamugarura i Old Trafford. Manchester United ngo yiteguye gutanga miliyoni 65 z’amapound ndetse ikagerekaho n’umukinnyi kugirango uyu musore […]Irambuye
Mu bihugu bikize ndetse no mu biri mu nzira y’amajyambere umubyibuho ukabije umaze kuba ikibazo gikomeye, ndetse uraza mu biri mu kwica abantu benshi. Mu kongera ibinure, havukamo indwara nyinshi nka diabete, umutima, cyangwa umuvuduko w’amaraso. Ibi ni ibintu by’ingenzi rero byagufasha kugabanya ibinure. 1. Icyayi cy’umwimerere (Green tea) Icyayi cy’umwimerere cyiba gifite ibara ry’icyatsi […]Irambuye
Abagabo baba bagiye kubona ubufasha mu kunezeza abagore cyangwa abakunzi babo, cyangwa bakaba bagiye kunanizwa mu gihe batera akabariro kuko hari ibinini byongera agatege biri gukorerwa abagore. Abahanga mu mikorere y’ibitsina baratangaza ko habura nk’igihe cy’imyaka itatu ngo barangize gutunganya ibi binini bya Viagara yagenewe abagore, kuko ubusanzwe ibibonek aku isoko ari ibigenewe abagabo. Ibi […]Irambuye
Umugore wa Perezida wa Amerika Barack Obama kuwa kabiri nijoro yibasiwe n’umuntu wari muri benshi yariho agezaho ijambo amuvugiramo bigeza aho Madame Obama avuga ko agiye kwigendera. Amakuru atangazwa na ABC News avuga ko Madame Obama yavugaga mu gikorwa cyo kwegeranya inkunga cyateguwe na Democratic National Committee i Washington maze umugore wari wicaye mubo yabwiraga […]Irambuye
Mu karere ka Rubavu Gisenyi harimo gutegurwa igitaramo cyo kuramya no guhimbaza Imana kizaba kuri uyu wa gatandatu tariki ya 8/06/2013 guhera saa mbili za mu gitondo kugeza saa mbili za nijoro muri Centre Culturele ya Gisenyi hafi ya Kivu Serena Hotel. Iki gitaramo kikaba cyarateguwe n’Umuvugabutwa Jeremie Aphrodise Nizeyimana wo muri The Joy of […]Irambuye
Kuri uyu wa 04/06/2013 Perezida w’Uburundi Pierre Nkurunziza yasinye itegeko rishya rigenga itangazamakuru nyuma y’uko rikuruye impaka ndende muri iki gihugu gituranyi. Iri tegeko ryanenzwe kuba rihungabanya ukwishyira ukizana mu gutanga ibitekerezo. Iri tegeko ritegeka abanyamakuru kuvuga aho bakuye amakuru, bagashobora no guhanishwa igihano cy’amande agera kubihumbi bitanu by’amadorari y’America. Iri tegeko rishya ryashizweho umukono […]Irambuye
Mu burusiya ishami rishinzwe iby’amagereza ryatangaje ko ryafashe injangwe y’inzobere mu kwiba amatelefone, aho ni mu nkambi ya Komi mu majyaruguru y’icyo gihugu. Iyo nyirahuku y’igisambo yafashwe kuwa gatanu nijoro ubwo yageragezaga kwiba telephone ebyiri zigendanwa. Igitangaje cyane ni uko mukuziba itazijyana gusa kuko ubwo bayifataga yari inajyanye ‘charger’ y’izo telephone. Umuyobozi ushinzwe amagereza akaba […]Irambuye
Kuri uyu wa kabiri tariki 04 Kamena 2013, impunzi z’abanyarwanda 136 zatahutse zivuye mu bihugu by’abaturanyi birimo Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’u Burundi. Muri aba 136 batahutse, 46 binjiriye ku mupaka wa Rusizi baturutse muri Congo bahise bacumbikirwa mu nkambi y’agateganyo ya Nyagatare mu Karere ka Rusizi, 64 binjiriye ku mupaka wa Rubavu nabo […]Irambuye