Polisi y’igihugu yataye muri yombi Habumugisha Moise w’imyaka 33 y’amavuko na Nsabiamana bakurikiranyweho gutunga no gucuruza amafaranga y’amiganano agera ku bihumbi 394. Aba bagabo bombi bafatiwe mu duce dutandukanye, kuko Habumugisha yafatiwe mu Murenge wa Busasamana ho mu karere ka Nyanza tariki ya mbere Gicurasi afite amafaranga y’amiganano agera kubihumbi 244 inoti 14 za bibiri […]Irambuye
Yatangiye gusohora indirimbo ze mu mwaka wa 2012 ku myaka 28, nyuma y’igihe aririmba muri Worship Team yo mu rusengero rwa Delivrance Church i Kigali. Mu njyana gakondo niho yifuje kujya asohora indirimbo zihimbaza Imana ngo kuko yumva umuco w’igihugu cye wakifashwa mu gutanga ubutumwa ubwo aribwo bwose ndetse n’ubw’Imana. Ndabarasa amaze gushohora indirimbo eshanu […]Irambuye
Ku bawukoreshaga muri iyi minsi ntabwo batunguwe kuko urenze Nyirangarama na Base hari aho umusozi wari umaze iminsi utenguka munsi y’umuhanda. Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa 4 Gicurasi kaburimbo ikaba yacitsemo kabiri biturutse ku mvura nyinshi iri kugwa muri kariya gace. Umuvugizi wa Police y’igihugu ACP Theos Badege yatangaje ko ubu abakoreshaga uyu […]Irambuye
Abahanzi Bruce Melody, Tom Close Bull Dog na AmaG the Black ubwo baheruka i Musanze mu gikora cyari cyateguwe na Banki y’Abaturage na Tom Close bishimiwe cyane n’abafana kuri stade Ubworoherane. Photos/P Muzpgeye Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’UM– USEKE.COM yohereze kuri [email protected] UM– USEKE.COMIrambuye
Joanne Chesimard niwe mugore wa mbere ugiye ku rutonde rw’abashakishwa na Federal Bureau of Investigation kubera ubwicanyi n’iterabwoba, uyu mugore ni nyirasenge w’umuraperi wamamaye Tupac Shakur. Uyu mugore ubu w’imyaka 65, bivugwa ko ariwe wari ikitegererezo cya Tupac, yakatiwe gufungwa burundu mu 1977 nyuma yo kwica umupolisi muri Leta ya New Jersey. Uyu mugore udasanzwe […]Irambuye
Rwanda Democratic Green Party (Ishyaka riharanira demokarasi n’ibidukikije mu Rwanda) riherutse kwandikira Akarere ka Gasabo risaba gukoresha inteko rusange, ariko igisubizo cyaje kibahakanira kuri uyu wa 2 Gicurasi kuko Akarere kavuga ko hari uwitwa Alexis Mugisha nawe wanditse asaba ubwo burengenzira nk’umuyobozi wa Green Party. Akarere ka Gasabo kavuga ko kabonye ubusabe bwa Green Party […]Irambuye
Abinyujije ku rubuga rwa Twitter, Minisitiri w’Intebe Dr. Pierre Damien Habumuremyi yifurije abanyamakuru bose umunsi mwiza mpuzamahanga w’ubwisanzure bw’itangazamakuru. Dr Pierre Damien Habumuremyi yavuze ko itangazamakuru ryiza ai iryihesha agaciro ryigira kandi ryubaka gihugu ibi ngo byagerwaho neza ari uko abarikora ari abanyamwuga. Yibukije kandi abanyamakuru ko itangazamakuru rikozwe nabi risenya, ryakora neza rikubaka, bityo […]Irambuye
Umusore Edouce wamenyekanye cyane muri muzika mu mwaka wa 2011 mu ndirimbo ye yise akandi ku mutima , kugaza n’ubu aho azwi mu ndirimbo nyinshi zagye zikundwa cyane nka Sinakwangaga n’izinda aratangaza ko kuva yatangira muzika bwa mbere yahenzwe no gukora amashusho y’indirimbo.. Kuri ubu uyu muhanzi yakoze video y’indirimbo ye nshya iherute kujya hanze […]Irambuye
Nyirangare Emerita umukecuru w’imyaka 87 utuye Murenge wa Tumba Akarere ka Huye ho mu Ntara y’Amajyepfo araravuga ko nyuma yo kumara imyaka igera kuri 19 atumva ubu yatangiye kumva. Ibi uyu mukecuru ngo arabikesha ibitaro bya Gisirikare by’u Rwanda byatangije gahunda nshya yo kuvura ababana n’ubumuga bwo kutumva yitwa ‘Audiology center’, aho bamuha akuma kazafasha […]Irambuye
Ku saha ya saa tanu n’igice z’ijoro nibwo umuhanzikazi Liliane Kabaganza yahagurutse ku kibuga cy’indege cy’i Kanombe yerekeza i Bujumbura mu mu Murwa mukuru w’igihugu cy’u Burundi aho yatumiwe mu gitaramo kiri bubere mu rusengero rwa Zion Temple. Nk’uko yabidutangarije mbere yo guhaguruka gato, yavuze ko yerekeje i Burundi ku butumire bw’urusengero Zion Temple aho […]Irambuye