Digiqole ad

Kuwa 4 Gicurasi 2013

Abahanzi Bruce Melody, Tom Close Bull Dog na AmaG the Black ubwo baheruka i Musanze mu gikora cyari cyateguwe na Banki y’Abaturage na Tom Close bishimiwe cyane n’abafana kuri stade Ubworoherane.

Bruce Melody, Tom Close Bull Dog na AmaG i Musanze mu kwezi kwa gatatu uyu mwaka
Bruce Melody, Tom Close Bull Dog na AmaG i Musanze mu kwezi kwa gatatu uyu mwaka

Photos/P Muzpgeye

Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’UM– USEKE.COM yohereze kuri [email protected]

UM– USEKE.COM

0 Comment

  • kuki mwibagirwa na bahanzi bakizamuka ubu ndirimba muri groupe ikizamuka bita the Boys Getup from Ruhango, ariko indirimo zacu ntizikinwa kandi twarazitanze kuma Radio hose. Ubajije groupe ikunzwe mu Ruhango nitwe, ariko ntizi impamvu itangazamukuru mutatuba hafi mudufashe
    Reyzon from the Boys Getup

Comments are closed.

en_USEnglish