Kuwa 4 Gicurasi 2013
Abahanzi Bruce Melody, Tom Close Bull Dog na AmaG the Black ubwo baheruka i Musanze mu gikora cyari cyateguwe na Banki y’Abaturage na Tom Close bishimiwe cyane n’abafana kuri stade Ubworoherane.
Photos/P Muzpgeye
Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’UM– USEKE.COM yohereze kuri [email protected]
UM– USEKE.COM
0 Comment
kuki mwibagirwa na bahanzi bakizamuka ubu ndirimba muri groupe ikizamuka bita the Boys Getup from Ruhango, ariko indirimo zacu ntizikinwa kandi twarazitanze kuma Radio hose. Ubajije groupe ikunzwe mu Ruhango nitwe, ariko ntizi impamvu itangazamukuru mutatuba hafi mudufashe
Reyzon from the Boys Getup
Comments are closed.