Kuri uyu wa gatandatu tariki 05 Gicurasi nibwo hatangiye igikorwa cyo kugeza abahanzi bari guhatanira Primus Guma Guma Superstar ya kabiri mu Ntara, bahereye mu Karere ka Rusizi aho bakiriwe n’imbaga y’abafana bagera hafi ku bihumbi cumin a birindwi. Nkuko byari biteganyijwe, abahanzi bahageze kuwa gatanu nimugoroba, baririmbiye abaturage mu gikorwa cyiswe “Road Show” kuri […]Irambuye
Ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 kuri uyu wa gatandatu kuri Stade Amahoro i Remera, yatsinze ikipe ya Namibia U 20 ibitego 2-1, bituma iyisezerera mu mikino yombi ku bitego 4-1. Mu mukino wo kwishyura uwabereye i Windhoek, Amavubi imbere y’abafana bayo benshi cyane, nta mukino ushamaje yagaragaje, ndetse igice cya mbere kihariwe n’abasore ba Namibia […]Irambuye
Ku myaka 48, Rashidi Yekini yitanye Imana kuwa gatanu tariki 04 Gicurasi aho yari atuye muri Leta ya Kwara azize uburwayi bivugwa ko ari ubwo kwiheba yari amaranye igihe kinini. Rashidi Yekini azwi cyane nka rutahizamu watsinze igitego cya mbere cy’ikipe y’igihugu ya Nigeria bwa mbere ubwo yajyaga mu gikombe cy’isi mu 1994 muri USA […]Irambuye
Umugabo ukomoka mu gihugu cya Misiri witwa Ramadan yatunguwe ubwo yarebaga filimi z’urukozasoni (Pornographie) kuri interineti agasanga umugore we niwe mukinnyi mukuru muri iyo filimi. Ramadan akimara kubibona yahise yikubita hasi aho yari munzu icururizwamo interineti. Amaze kugarura agatege, yirukiye mu rugo kubaza umugore we ibyo abonye. Umugore utari azi ko ibye byamenyekanye, yabanje guhakana […]Irambuye
Igikorwa cyo kubaga cyakozwe n’abahinde boherejwe na Rotary club cyarangiye kuri uyu wa kane tariki ya 3/5/2012 kimaze kubaga abarwayi bagera kuri 209, muribo 150 bakaba bari bafite ibibazo by’amagufa. Iki gikorwa kizunganirwa n’ikindi giteganyijwe gutangira kuri uyu wa 12/05/2012 cyo kizakorwa ni ikipe y,abanyamisiri. Aya ni amwe mu mafoto y’igikorwa cy’aba baganga bakoze mu […]Irambuye
Mu nama yahuje abanyamakuru n’abakuru b’imitwe ya Sena n’abadepite kuri uyu wa gatanu, nubwo hari hagamijwe gusobanurira itangazamakuru ku myiteguro y’inama y’abakuru b’inteko zishinga amategeko mu bihugu bigize umuryango w’Afurika y’uburasirazuba izabera mu Rwanda kuva tariki 7/05, bagarutse no ku itegeko rijyanye n’amarimbi ritegerejwe gutorwa mu nteko. Muri iyi nama habanje gusobanurwa ibizigirwa muri iriya […]Irambuye
Mu bibazo bitandukanye yabajijwe n’ikinyamakuru Jeune Afrique, President Kagame yabajijwe niba Francois Hollande atorewe kuyobora Ubufaransa u Rwanda na France byatangira umubano bushya. President Kagame yasubije ko atazi Francois Hollande ariko ko yiteguye gukorana n’umukuru w’igihugu uzatorwa n’abafaransa. Mu bibazo bitandukanye President Kagame yabajijwe kuri Gen Ntaganda, Théogène Rudasingwa na bagenzi be bahunze u Rwanda, […]Irambuye
Akanama k’umuryango w’abibumbye gashinzwe umutekano kuwa kane tariki 03 Gicurasi nyuma yo guterana, katangaje ko gahangayikishijwe cyane n’ibiri kubera mu burasirazuba bwa DR Congo n’ikibazo cya Gen Bosco Ntaganda, ushakishwa n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha. Mbere y’uko gafata imyanzuro ikarishye, aka kanama kagizwe n’ibihugu 15 gusa, kasabye ihagarikwa ry’ako kanya ry’imirwano ku mitwe yitwaje intwaro iyobowe na […]Irambuye
Riderman, umwe mu bahanzi bazwi cyane mu njyana ya Hip-hop mu Rwanda, azwi cyane ku kwita amazina indirimbo ze no gukoresha amagambo benshi bakayibazaho ndetse ugasanga aya mazina n’amagambo akomeza gukoreshwa na benshi nubwo indirimbo yaba itakigezweho. Ubwo UM– USEKE.COM wasuraga uyu muhanzi aho atuye mu Kamenge mu murenge wa Kimisagara akagali ka Ntaraga, twasanze […]Irambuye
Iyi nzira ya gari ya moshi izaba ariyo ndende muri Africa ikazaba ifite agaciro ka miliyari 5 USD izubakwa mu 2014 ihuze u Rwanda, Burundi na Tanzania nkuko byemejwe kuri uyu wa 3 Gicurasi n’umuyobozi mu kigo cy’ubwikorezi mu Rwanda. Elias Twagira umuyobozi mukuru wa Rwandan Transport Agency (RTDA) yabwiye itangazamakuru ko “ kubaka iyi […]Irambuye