Month: <span>April 2012</span>

Muzika ya mbere ya Knowless yavuye muri Kina Music

Nyuma y’uko umuhanzikazi Knowless asinye amasezerano muri Kina Music, indirimbo ya mbere yahakorewe yashyizwe hanze mu mpera z’iki cyumweru. Iyi ndirimbo yiswe “Sinzakwibagirwa” yakozwe na Producer Clement yumvikanamo ubuhanga, ndetse n’ivugurura mu miririmbire ya Butera Jeanne d’Arc uzwi nka Knowless. Knowless avuga ko Producer Clement yamufashije mu guha icyerekezo cyiza ijwi rye no kurinogereza biryohye […]Irambuye

Real Madrid yasanze Barcelona iwayo irayandagaza

FC Barcelona na Lionel Messi na Real Madrid na Christiano Ronaldo bongeye guhura, umukino uba umaze igihe kinini utegerejwe, cyane ko benshi bemezaga ko nurangira ibintu bizaba bisobanutse muri shampionat ya Espagne. Ku munota wa 73 igitego cya kabiri cyatsinzwe na Christiano Ronaldo cyashimangiye intsinzi kuri Real Madrid n’itandukaniro ry’amanota arindwi imbere ya Barcelona, ndetse […]Irambuye

Amavubi U20 yatsindiye Namibia U20 i Windhoek

Mu mukino wabereye kuri stade Sam Nujoma i Windhoek muri Namibia, ikipe y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 20 yatsinze Namibia U 20 ibitego bibiri ku busa mu mukino ubanziriza uzabera i Kigali mu byumeru bibiri. Nyuma y’uko igice cya mbere kirangira ari ubusa ku busa, Amavubi yaje gutsinda ibitego bibiri,  byatsinzwe na Emery Bayisenge kuri coup […]Irambuye

Kiyovu Sport yacyuye amanota atatu Rayon icyura amafaranga

Mu mukino w’umunsi wa 22 wa shampionat, ikipe ya Rayon Sport yari yakiriye Kiyovu Sport kuri stade Amahoro i Remera, umukino Rayon yari yaciye amafaranga 2 000 kwinjira ukicara ahasanzwe, waje kurangira itsinzwe igitego kimwe ku busa. Abafana b’umupira basanzwe bamenyereye kwinjira bishyuye amafaranga 1 000, gusa kwishyuza 2 000Frw ntibyabujije abafana bagera nko ku […]Irambuye

Abamotari bo mu mujyi wa Kigali bahawe amabwiriza ku kanozasuku

Nyamirambo – 21 Mata – Inama yahuje abamotari bakorera mu mujyi wa Kigali n’umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Fideli Ndayisaba n’abayobozi bashinzwe umunetano mu muhanda, abamotari basabwe kwitwararika mu kazi no kwita ku isuku yabo n’iyabagenzi mu gukoresha akanozasuku. Muri iyi nama yabereye muri Stade ya Kigali i Nyamirambo, Umuyobozi wa Polisi yo mu muhanda Chief […]Irambuye

Pakistan: Impanuka ikomeye y’indege yahitanye abarenga 120

Ku mugoroba wo kuri uyu wa  20 Mata, indege y’isosiyeti yo mu gihugu cya Pakistan Bhoja Air, yari itwaye abantu babarirwa ku 131 yakoze impanuka itaragera ku kibuga cy’indege cyo mu mujyi wa Islamabad, biravugwa ko abarimo bose bahasize ubuzima. Iyi ndege yakoze impanuka habura Km 9 ngo igwe ku kibuga cy’indege cyitiriwe  Benazir Bhutto […]Irambuye

Societe Civile nyarwanda iramagana itegeko ryo gukuramo inda kubushake

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa gatanu tariki 20 Mata, abagize societe civile bagaragaje aho bahagaze ku mushinga w’itegeko uherutse gutorwa n’Inteko nshingamatego ryo wemeza gukuramo inda ku bushake bitewe n’impamvu. Abagize societe civile nyarwanda batangaje ko badashyigikiye nagato itegeko ryemera gukuramo ku bushake. Ibi bakabyemeza bahereye ku muco nyarwanda bavuga ko ufata gukuramo inda […]Irambuye

Amavubi yemerewe imikino ya gicuti na Libya na Tunisia

Mu guhatanira umwanya mu gikombe cya Africa cya 2013 ndetse n’igikombe cy’isi cya 2014, ikipe y’igihugu ifite imikino ikomeye izakina n’amakipe ya Nigeria (CAN 2013) ndetse ihatane na Mali, Algeria na Benin mu itsinda H bahatanira kujya mu gikombe cy’Isi. Iyi mikino na biriya bihugu, imyinshi izakinwa kuva mu kwezi kwa gatandatu kuzamura. Amavubi mu […]Irambuye

Muri SFB abantu baho ni cool – Kamishi

Ku mugoroba wo kuwa 19 Mata ubwo mu ishuri ry’amabanki n’icungamutungo rya SFB bashyiragaho abayobozi b’abanyeshuri, bari batumiye umuhanzi Kamishi ngo aze kubasusurutsa. Uyu muhanzi w’injyana ya Afro Beat akaba nyuma yo kubaririmbira yaravuze ko yashimishijwe cyane n’abanyeshuri n’abayobozi bo muri iri shuri rikuru kubera uburyo bakunda muzika ye. Kamishi avuga ko abanyeshuri bo muri […]Irambuye

Menya uburyo bwiza bwo koza amenyo

Koza amenyo ni igikorwa gikorwa n’abantu benshi ku isi, nyamara si ko bose bagikora neza. Usanga hari abantu benshi barwaye indwara nyinshi ziterwa no koza amenyo nabi, ibi rero bikaba bigaragaza ko uburyo bwo koza amenyo neza benshi batabusobanukiwe. Muri make reka turebere hamwe uburyo bwo koza neza amenyo, niba utayozaga neza umenyereho uko bayoza […]Irambuye

en_USEnglish