Mu karere ka Gasabo mu gice cya Kimicanga mu muhanda witwa puwaruru (poids lourd) muma saha ya saa 12h:19” aho bita kwa RASTA (Murindi japan one love) habereye impanuka itanga je kandi iteye ubwoba, mugihe fuso ituje muri parikingi yama taxi indi yaje iyigwamo. Nkuko twabitangarijwe nabiboneye iyi mpanuka iba, bemejeko habayemo uburangare bukabije kuwari utwaye iyo modoka […]Irambuye
Mu mihigo y’intara y’uburasirazuba ya 2011-2012, harimo guteranyiriza hamwe gukemura ubuyobozi bw’iyi ntara kuva ku kagari kugeza kuri Gouverneri w’iyi ntara ngo bige ku buryo bwo guteza imbere iyi ntara, no kureba uburyo ibibazo bihari bikemurwa. Ku nshuro ya mbere, iyi nteko yateraniye ku karere ka Rwamagana kuri uyu wa gatanu, aba bayobozi bose hamwe […]Irambuye
Abakoresha ibikomoka kuri peteroli barimo n’ abatwara abantu kubinyabiziga bo mukarere ka Nyaruguru,barinubira ifungwa rya Station ya essence ibarizwa ku ga Centre ka Ndago, yatumye Essence igera ku 1300 mu gihe ahandi mu gihugu igurwa 1035 i Butare. Iri funga ryatumye ubu muri kariya gace Essence igurishirizwa mu ma jericani ku giciro kinini, ibi byatumye […]Irambuye
Uyu muhanzi kazi Tete Roca, witwaga Tete Divine mu minsi ishize, biragaragara ko uyu muhanzi kazi yaba yaribeshyeye ko ari inshuti (Fiancé) wa Sean Paul kugira ngo abe yamenyekana birushijeho. Mu kiganiro aherutse kugirana n’urubuga rwa Inyarwanda.com, Gashugi Divine (Tete Roca) yatangaje ko ngo yamenyanye na Sean Paul ubwo yazaga mu Rwanda, ndetse abifashijwemo na […]Irambuye
Nyuma y’iminsi mike cyane avuze ko agiye kwihatira kubana neza na bagenzi be muri Manchester City, kuwa kane mu myitozo ya nimugoroba, Mario Balotelli yashyamiranye bitoroshye na mugenzi we bakinana Aleksandar Kolarov. Nyuma yo guterana amagambo by’akanya gato, aba bakinnyi bateranye kuwa Kajwiga, ku bwamahirwe ntibateranye amakofi. Uyu muhungu Mario, w’imyaka 20 gusa, aherutse gutangaza […]Irambuye
Byari biteganyijwe ko Bokota Labama Bovich Kamana agera i Kigali kuri uyu wa kane, ntibyakunze kuko nk’uko bitangazwa n’umunyamabanga wa Rayon Sports, Olivier Gakwaya ngo bashatse ko abanza gukina umukino afite kuri uyu wa gatandatu i Kinshasa. Bityo uyu mukinnyi ngo akazahaguruka ku cyumweru agana mu Rwanda kurangizanya ibyo yumvikanye mu magambo n’ikipe ya Rayon […]Irambuye
Mu karere ka Gasabo, Umurenge wa Kacyiru, akagari ka Kamutwa, kuri uyu wa kane mu gitondo saa kumi n’ebyiri n’igice, habereye impanuka idasanzwe, ariko ku bw’amahirwe ntawe yahitanye. Imodoka itwara abarwayi ya Gisirikare ya plaque RDF 489, yataye umuhanda yinjira mu nzu y’umuturage muri icyo gitondo. Nyiri kugongerwa inzu, utashatse ko umwirondoro we utangazwa, ngo […]Irambuye
Bamwe mu bayobozi b’inzego z’ibanze bo muri aka karere ka Huye, baravuga ko n’ubwo bari guhiga imihigo mishya, batoroherezwa kuyesa kubera ubushobozi buke bugaragara muri izi nzego, aha bagatanga urugero nk’aho usanga urwego rw’umudugudu rusabwa gukora ibintu byinshi nk’ amaraporo, no gukemura ibibazo by’abaturage nyamara nta bushobozi bubafasha gukora iyi mirimo bahawe. “Niba Umuyobozi w’Umudugudu […]Irambuye
Muri ino minsi Chorale SALEMU n’imwe muma Chorale akunzwe cyane mu Rwanda, bityo yagiye igira inshuti nyinshi hirya no hino mu Rwanda ndetse no mu bihugu bidukikije. Nkuko twabitangarijwe n’umuyobozi wayo bwana NTAMBARA Etienne, nyuma y’aho bavuye i Burundi I Ngozi no muri CONGO KINSHASA (RDC), mu itorero rya CEPAC Kasenga-Uvira, baracyakomeje ingendo z’ivugabutumwa. Ni […]Irambuye
Igiciro cy’urugendo kuri Moto mu mujyi wa Kigali kigiye kwiyongeraho amafaranga 50, kubera utunozasuku (Smart Head Covers) tuzaza mumpera z’iki cyumweru. Utunozasuku ku bagenzi batega za moto biteganyijwe ko tugera mu Rwanda mu mpera z’iki cyumweru, cyangwa mu ntangiriro z’igitaha. Utu tunozasuku tuje gikemura ikibazo cy’abagenzi bakunze kwinubira umwanda wa za casque z’abamotari. Hateganyijwe ko […]Irambuye