Gakenke: Nyuma y’amasaha 29 baheze mu kirombe BAVANYWEMO ari bazima

AMAKURU MASHYA(25/07 – 1PM): Ahagana saa sita z’amanywa kuri uyu wa kabiri nibwo abagabo babiri bari basigaye mu kirombe cy’amabuye y’agaciro bavanywemo ari bazima. Abo bagabo batabawe ni Matabaro Alexis na Daniel Nzeyimana. Abo mu miryango yabo bari bamaze kwiheba ko batagihumeka nyuma y’uko mugenzi wabo umwe ejo nijoro abashije kwivanamo ariko ari indembe akajyanwa mu […]Irambuye

Ibintu 10 abo muri Nyabihu bifuza kuri Perezida uzatorwa

Nyabihu ifite imirenge 12 n’abaturage 62% bayituye bakaba urubyiruko, abagutuye benshi batunzwe n’ubuhinzi abaturiye Gishwati bakaba aborozi. Ibiyaga gafite ntacyo bibamariye mu by’umusaruro. Umuseke wasuye aka Karere tuganira n’abaturage kubyo bifuza nyuma ya 2017, batubwiye ibintu 10 bifuza cyane. 1.Kongera no kugeza amashanyarazi aho ataragera Mu mirenge ya Rurembo, Jomba na Shyira abenshi baracyakora urugendo […]Irambuye

Rubavu: Nubwo byahindutse, ngo uko bazakira umukanida wabo ntagihindutse

Bari bamutegereje uyu munsi i Rubavu na Musanze ariko impinduka zabayeho muri iki gitondo kwakira umukandida wa FPR-Inkotanyi byimurirwa ejo kuwa gatatu. I Rubavu imyiteguro yari ikomeye cyane, ariko n’ubundi ngo uko bazamwakira ejo ntagihindutse nk’uko babivuga. Ukinjira mu mugi wa Gisenyi urahabona imitako myinshi y’amabara ya FPR, ku byapa, ku biti, mu masangano y’imihanda […]Irambuye

DUSHIMIMANA Emmanuel arasaba guhindura izina

Uwitwa DUSHIMIMANA Emmanuel, mwene Karambizi Innocent na Uwimana Thaciane utuye mu mudugudu w’Umuco,Akagari ka Kamutwa, Umurenge wa Kacyiru, Akarere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali. Yasabye uburenganzira bwo gusimbuza izina rya DUSHIMIMANA, izina rya MUGISHA mu mazina asanganywe, DUSHIMIMANA Emmanuel bityo akitwa MUGISHA Emmanuel mu irangamimerere ye. Impamvu atanga ni uko izina rya DUSHIMIMANA yaryiswe […]Irambuye

Ruhango: Bari gusenya inzu zubatswe abayobozi bahugiye mu kwamamaza

Mu kagari ka Nyamagana mu murenge wa Ruhango hamaze gusenywa inzu 12 muri 20 zabaruwe zubatswe bitemewe n’amategeko mu nkengero z’umugi wa Ruhango. Ubuyobozi bw’Akarere buvuga ko izi nzo zose zubatswe amanywa n’ijoro bashaka guca abayobozi mu rihumye bahugiye mu kwamamaza abakandida Perezida. Ba nyiri inzu zasenywe bo bavuga ko abayobozi b’imidugudu bababwiraga ko bari […]Irambuye

Kamonyi: Impanuka yahitanye babiri, batanu barakomereka bikabije

Impanuka y’imodoka itwara abagenzi yo mu bwoko bwa Hiace ifite Plaque RAC 903K yakoze impanuka muri uyu mugoroba abantu babiri bahita bitaba Imana, abandi batanu barakomereka bikabije. Iyi mpanuka y’imodoka yari ivuye  i Muhanga yerekeza mu mujyi wa Kigali. Ubuyobozi bwa Polisi mu Karere ka Kamonyi ku murongo wa Telefone bwatangarije Umuseke ko batari bamenya […]Irambuye

Nyanza: Abana babiri bapfiriye muri Piscine ya Hotel

Abana babiri b’abanyeshuri mu mwaka wa gatatu mu ishuri ryisumbuye rya Tekiniki rya St Peter Gihozo bitabye Imana ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere barohamye muri piscine ya Hotel Dayenu Nyanza. Aba bana bari baje koga muri iyi piscine ari batanu, bane muri bo bacumbitse mu kigo undi umwe ataba mu kigo. Abana bapfuye […]Irambuye

i Muhanga: Mpayimana ngo natorwa azatinyura abantu bavuge ibitagenda

MPAYIMANA Philippe wiyamamariza umwanya w’Umukuru w’igihugu yabwiye abatuye i Muhanga ko nibamutora azatinyura Abanyarwanda kuvuga ibitagenda neza kuko ngo ubusanzwe bakunze kwivugira ibigenda gusa. Ku mugoroba wo kuri uyu  wa mbere mu Mudugudu wa Biti, Akagari ka Remera, mu Murenge wa Nyamabuye niho umukandida  ku mwanya wa Perezida wa Repubulika yimamarije bwa mbere muri aka […]Irambuye

Gicumbi: Ingabo zubakiye abaturage Poste de Santé ya Mutandi

Uyu munsi mu murenge wa Mutete mu kagari ka Mutandi abaturage batashya ivuriro bubakiwe n’ingabo mu gikorwa cya Army Week, bishimiye cyane ko baruhutse urugendo rurerure bakoraga bajya kuri centre de Sante ya Musenyi. Aba baturage bakoraga nibura 10Km bajya Musenyi kwivuza, ababaga barembye cyane bakubitikaga bikomeye. Ibi byatumaga hari benshi bivuza bya gakondo. Jean […]Irambuye

Musanze: Ngo Perezida azazamure umushahara wa mwalimu n’umusirikare

*Kuko ngo aho u Rwanda rugeze ruhakesha umutekano n’ubumenyi Abaturage bo mu mirenge ya Muko na Gashaki no mu mujyi wa Musanze ni bamwe mubo twaganiriye muri iki gikorwa cyo kugaragaza icyo abaturage bifuza kuri Perezida uzatorerwa manda y’imyaka irindwi iri imbere. Muri rusange bavuga ko bifuza ko Perezida yakorengera imishahara y’abarimu n’abasirikare kuko ngo […]Irambuye

en_USEnglish