Month: <span>March 2017</span>

Muri iki cyumweru ku Isoko ry’Imari n’Imigabane hacurujwe amafrw miliyoni

Muri iki cyumweru Isoko ry’Imari n’imigabane ntiryitabiriwe cyane ugereranyije n’icyuweru gishize, agaciro k’imigabane yacurujwe kazamutseho amafaranga y’u Rwanda 80,849,100. Muri iki cyumweru, Isoko ry’Imari n’Imigabane “Rwanda Stock Exchange (RSE)” ryafunguye imiryango iminsi itanu. Muri iyo minsi itanu, hacurujwe imigabane ya Banki ya Kigali, iya Crystal Telecom, n’iya Bralirwa igera kuri 122,900, ifite agaciro k’amafaranga y’u […]Irambuye

Muhanga: Igice kimwe cy’umujyi kiratera imbere ikindi gisubira inyuma

Amazu  ari ku muhanda werekeza aho Akarere kubatse n’uwerekeza i Nyabisindu haragaragaza  inyubako zishaje kuko ari iz’ahagana  mu 1950, mu gihe  hagati mu mujyi ho  hari inyubako nshya n’ivugururwa ry’amazu mu buryo bugaragara. Bamwe mu bikorera bamaze guhindura isura y’umujyi wa Muhanga bubaka amagorofa, ariko  haracyari impungenge  ko iri vugururwa ry’amazu n’imyubakire igezweho iguma gusa […]Irambuye

Rwandamotor yizihije isabukuru y’imyaka 50 ishinzwe ari igaraje none icuruza

*Ngo ifite gahunda yo kugabanya imodoka zakoze ku isoko izana imodoka nshya kandi zihendutse. Sosiyete icuruza imodoka, moto, moteri zitanga ingufu n’ibindi byuma kuri uyu wa kane yizihije isabukuru y’imaka 50 imaze ishinzwe, yatangiye ari igaraje rito none ubu icuruza imodoka nshya, n’ibindi byavuzwe mu Rwanda. Imwe mu modoka zicuruzwa na Rwandamotor yamuritswe inagurishwa mu cyamunara […]Irambuye

Ababyeyi bagurira abana ibitabo ni bake mu Rwanda

*Abakuru nabo benshi ngo ntibasoma usanga bashishikarira kubwirana inkuru *Abana bakeneye gusoma bakagira amatsiko bakamenye Abanditsi b’inkuru z’abana mu kinyarwanda ku bufatanye n’umuryango wita ku burenganzira bw’umwana Save the Children bagaragaza ko ababyeyi bataritabira kugurira abana ibitabo nk’uko babagurira ibindi bintu bakenera mu buzima bwa buri munsi. Nyamara ngo igitabo ku mwana ni isoko ikomeye […]Irambuye

Kata muri muzika zibamo ariko ngo sizo zabazamuye

Mu kiganiro kirambuye Charly na Nina bagiranye n’Umuseke bavuze ko ibyitwa ‘Kata’ akenshi abahanzi bifashisha kugira ngo bamenyekane bibaho ariko bo ngo ntazo bakoresheje kugera aho bageze ahubwo gukora cyane nibyo biri kubazamura. Umuseke: Muherutse mu bitaramo byanyu bya mbere Iburayi, ni iyihe nararibonye mwakuyeyo? Charly: Inararibonye irahari, abantu baratandukanye, Abanyarwanda, Abarundi, abantu ba hariya […]Irambuye

Gicumbi: Isuku nke mu tubari ducuruza ibigage yatumye ubuyobozi bumanuka

Ubucuruzi bw’ikigage ni umwihariko uzwi cyane mu karere ka Gicumbi, aho ikigage cy’i Byumba gicuruzwa no mu zindi Ntara z’Igihugu, ugasanga aho kiri banditse ngo “Ducuruza ikigage cyiza cy’i Byumba”, gusa  ubuyobozi burasaba abagicuruza kugira isuku ihagije. Ubuyobozi bw’akarere ka Gicumbi bumaze igihe mu bukangurambaga bw’isuku, by’umwihariko buri wa gatatu bamanuka mu tugari kwigisha abaturage […]Irambuye

Abdul Rwatubyaye yatangaje abamukurikira kuri Instagram

Abamukurikira kuri Instagram bongeye kumubona, mu kibuga ho ntabwo ari kuhagaragara kuko ari mu mvune yagize ku mukino wa Rayon na Bugesera i Nyamata. Kuri uyu mugoroba yashyize ifoto kuri uru rubuga nkoranyambaga agaragaza ibizigira bye ndetse n’uburyo yakoze imyitozo ikomeza inda akazana ‘six pacs’ zigira umuntu ukomeye rwose kun da. Iyi foto kandi irerekana […]Irambuye

Startimes mu gikombe cy’Isi cya 2018 ku bufatanye na Fifa

Ikigo cya mbere muri Afrika mu bijyane n’ubucuruzi bw’imirongo y’amateleviziyo StartTimes cyamaze gusinyana amasezerano y’ubufatanye n’imikoranire  hagati yacyo n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, FIFA. Ubuyobozi bwa StarTimes mu Rwanda buvuga ko icyo kigo cyahawe uburenganzira bwo gusakaza amashusho (transmission rights) mu bihugu 42 bya Afurika ku bikorwa bya FIFA byose harimo n’Igikombe cy’Isi cya 2018 […]Irambuye

Academic Bridge yishyuriye igihembwe cyose abana babaye aba mbere kuri

Nyarugenge – Kuri uyu wa gatanu  kompanyi yitwa ‘Academic Brigde’ yishyuriye amafaranga y’ishuri y’igihembwe gitaha abana b’abanyeshuri  batsinze kurusha abandi kuva mu abanza kugera muyisumbuye bo mu ishuri rya EPA-St Michel. Iyi nkunga yabo ku iterambere ry’abana b’abahanga bavuze ko barihereye ku ishuri ribanza rya EPA-St Michel aho bishyuriye amafaranga y’ishuri y’igihembwe kimwe  abanyeshuri batsinze […]Irambuye

Bwa mbere ku Isoko, umugabane wa I&M Bank wazamutseho 16.6%

Nyuma y’uko Leta y’u Rwanda ishyize ku isoko imigabane 99,030,400 ingana na 19.81% yari ifite muri ‘I&M Bank-Rwanda’ ikitabirwa cyane kuko ubusabe bw’abifuje kuyigura bageze kuri 209%, kuri uyu wa gatanu iyi migabane yanditswe ku Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda ndetse ihita yitabirwa cyane. Ku munsi wa mbere ku Isoko, I&M Bank yagurishwaga ku mafaranga […]Irambuye

en_USEnglish