Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe amahoro ku Isi karaterana none kemeza niba umutwe w’ingabo za UN (MONUSCO) ukorera muri Congo Kinshasa wongerwa igihe. Abantu benshi bibaza umusaruro w’izi ngabo zigize umutwe munini w’ingabo za UN ku isi, zikanatangwaho akayabo kurusha izindi. Jeune Afrique yagarutse ku bintu by’ingenzi ingabo za MONUSCO zagezeho mu myaka 18 zimaze muri Congo. MONUSCO […]Irambuye
Abanyeshuri 375 bigaga mu mashami atandukanye muri Kaminuza Gatolika y’u Rwanda ikorera i Save mu karere ka Gisagara ikanagira Campus ku Itaba mu mujyi wa Butare, bahawe impamyabumenyi z’icyiciro cya kabiri cya kaminuza, basabwe kutabika ubumenyi, ahubwo bakajya guhangana n’abandi ku isoko ry’umurimo. Ibirori byo gutanga izi mpamyabumenyi byabereye kuri Cathedrale ya Butare, mu mvura […]Irambuye
* Hahiye amahema atatu acumbikamo abagororwa n’ibyarimo byose * Nta wahitanywe n’inkongi uretse abantu barindwi bakomeretse byoroshye ‘cyane’ * Nta mugororwa n’umwe wabashije gutoroka * Ntibaramenya icyateye iyi nkongi Muri iki gitondo ahagana saa mbiri n’igice inkongi y’umuriro bitaramenyekana icyayiteye yibasiye gereza ya Gasabo – Kimironko, kugeza ubu ibyangirikiyemo ntibiramenyekana kuko hari gukorwa imirimo yo […]Irambuye
Abadepite batoye bemeza umushinga w’itegeko rishyiraho ikigo Rwanda Polytechnic kizigisha imyuga n’ubumenyingiro, iki kigo ni cyo kizaba kigenzura imikorere ya za IPRCs ziri mu Ntara zose z’igihugu n’Umujyi wa Kigali. Mu kiganiro Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Imyuga n’Ubumenyingiro, Olivier Rwamukwaya yahaye Umuseke ku wa gatatu tariki 29 Werurwe nyuma y’uko umushinga w’itegeko wari umaze gutorwa, […]Irambuye
Uyu mwaka w’imikino wagoye APR FC yatwaye igikombe cya shampiyona giheruka. Olivier Karekezi wabaye kapiteni wa APR FC ubu aka atoza muri Sweden avuga ko kuba ikipe yakiniye kandi akunda itakaza imikino myinshi bikwiye kubazwa abatoza bayo. Shampiyona y’u Rwanda ‘AZAM Rwanda Premier League’ igeze ku munsi wa 21 mu minsi 30 iyigize. Amahirwe yo […]Irambuye
Abasifuzi b’abanyarwanda bayobowe na Hakizimana Louis bita ‘Lu’ bagiriwe ikizere na CAF, bazayobora umukino ubanza wa CAF Confederation Cup uzahuza Young Africans na MC Alger. Imikino y’ijonjora rya gatatu muri CAF Total Confederation Cup iteganyijwe mu mpera z’icyumweru gitaha. Umukino ukomeye mu karere ka Afurika y’Uburasirazuba uzahuza Young Africans Football Club yo muri Tanzania na […]Irambuye
Abicishije muri kompanyi ye ya CR7, Christiano Ronaldo usanzwe ari umukinnyi w’ikipe ya Real Madrid agiye gushyira hanze imideli ye mishya izajya yambarwa n’abagabo. Uyu mukinnyi w’ikirangirire avuga ko yari arambiwe kwambara imyenda yahanzwe n’izindi nganda z’imideli. Urubuga wwd.com dukesha iyi nkuru ruvuga ko uyu mushinga Christiano azawufatanya n’ikompanyi ‘Uniti Fashion ‘ isanzwe imenyerewe mu […]Irambuye
Mu kagali ka Curazo mu murenge wa Gatore, mu karere ka Kirehe haravugwa abagizi ba nabi bitwikira amajoro bakajya kwiba mu ngo z’abaturage. Ngo aba bagizi ba nabi ntibakangwa n’abanyerondo kuko iyo bahuye bahangana Aba bagizi ba nabi bitwikira ijoro ngo baba bafite intwaro gakondo nk’imihoro, abatuye muri aka gace bavuga ko ibi bisambo bitagira […]Irambuye
Mu murenge wa Ngeruka, mu karere ka Bugesera abanyamuryango ba koperative COASIPA ( Coperative Agro Silvo Pastorale) iterwa inkunga n’ihuriro ry’abapfakazi bagizweho ingaruka na virusi itera SIDA (Association de veuves vulnerables affectees et infectees par le HIV/AIDS (AVVAIS) bavuga ko bari mu rugamba rwo kwiteza imbere bifashishije ubunzi n’ubworozi, bakavuga ko ibi bizatuma basezerera ikiciro […]Irambuye
*Utanga service mbi ngo ni umugizi wa nabi *RGB yifuza ko mu 2020 umunyarwanda wese yaba anyurwa na service ahabwa Karongi – Ubwo yatangizaga ubukangurambaga bushya bw’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) bwiswe “Nk’uwikorera” bugamije gukangurira abatanga Serivise gutanga Serivise nziza, Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi yavuze ko abayobozi badakwiye gusiragiza abaturage, ndetse ashimangira ko abatinza cyangwa bakanyereza […]Irambuye