Tags : Zuma

South Africa: Zuma yavanyeho icyemezo cyo kongera amafaranga y’ishuri

UPDATE: Nyuma yo guhura n’abanyeshuri bari bamaze icyumweru bigaragambya bitewe n’icyemezo cyo kongera amafaranga y’ishuri muri Kaminuza, Perezida Jacob Zuma yavanyeho iki cyemezo. Abanyeshuri bari bamaze igihe bigaragambya bageze no ku biro by’Ishyaka ANC ndetse n’iby’Umukuru w’Igihugu, mbere y’uko yemera kuzahura n’impande, urw’abanyeshuri n’abahagarariye kaminuza mu gihugu. Zuma yagize ati “Twumvikanye ko nta kongera amafaranga […]Irambuye

U Rwanda na Afurika y’epfo mu biganiro bigamije ubwumvikane

Mu nama yiga ku mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari iri kubera mu murwa mukuru wa Angola, Luanda, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na mugenzi we w’Afurika y’epfo Jacob Zuma bemeje ko bagiye kuganira ku cyakorwa ngo bagarure umubano mwiza umaze iminsi ujemo igitotsi kubera ibitero byagambye mu rugo rwa Kayumba Nyamwasa, Afurika y’epfo igashinja […]Irambuye

en_USEnglish