Tags : Ziiro The Hero

Gashayija arangije kuzenguruka u Rwanda ku igare mu minsi 50

*Yakoresheje amafaranga 38 000Frw gusa *Yinjiye muri Nyungwe saa munani ayisohokamo saa tanu y’ijoro *Urugendo rwe yarwise ‘Peace Trip” Saa sita zirenzeho iminota micye Patrick Gashayija uzwi nka Ziiro the Hero yari yambutse ikiraro cya Nyabarongo ageze mu mujyi wa Kigali, uyu munsi iminsi 50 yari yuzuye ariho azenguruka u Rwanda n’igare rye. Yabwiye Umuseke […]Irambuye

Bushayija uri kuzenguruka u Rwanda n’igare asigaje uturere 8 gusa

Ziiro The Hero niko kazina azwiho, yitwa Bushayija Patrick akomeje urugendo yise Peace Trip rw’ubukerarugendo aho yahize kuzenguruka uturere twose tw’u Rwanda anyoga igare kandi adaca amayira ya kaburimbo gusa. Uyu munsi yarangije Intara y’Iburengerazuba, ngo niyo yamuvunnye kurusha izindi zose ndetse yaraharwariye. Tariki 18 Mata nibwo Ziiro the Hero yatangiye urugendo rw’Intara y’Iburengerazuba, uturere […]Irambuye

Gashayija uri kuzenguruka u Rwanda ku igare, ubu arangije n’Amajyaruguru

Patrick Gashayija uzwi cyane ku kazina ka Ziiro the Hero yiyemeje kuzenguruka u Rwanda n’igare mu rugendo rw’ubukererugendo yise ‘Peace Trip’, nyuma yo kurangiza Intara y’Iburasirazuba ubu yanarangije iy’Amajyaruguru ndetse yinjiye mu karere ka Rubavu aho ahereye iy’Iburengerazuba. Uyu musore mu kwezi gushize yahereye mu karere ka Bugesera, azenguruka uturere twose tw’Iburasirazuba, aduhetuye n’igare rye […]Irambuye

Patrick Gashayija agiye kuzenguruka uturere twose ku igare

Patrick Gashayija uzwi ku izina rya Ziiro The Hero ni umusore atuye mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Gisozi afite imyaka 28 y’amavuko. Mu Ukuboza 2016 yatashye mu Rwanda avuye kwiga mu Buhinde. Aho agereye  mu Rwanda ngo yatangajwe n’iterambere yahasanze maze yiyemeza kuzenguruka uturere twose ku igare yitegereza uko igihugu cyifashe. Amafaranga n’ibikoresho azakoresha ni ibye, […]Irambuye

en_USEnglish