Tags : Yusuf Murangwa

Imibare mishya: ubushomeri mu Rwanda buri kuri 13,2%

*Ubushomeri mu mujyi ubu ngo ni 16%, mu cyaro ni 12,6% *Ubu abafite ibyo bakora ni 42,8% imibare yakorwaga mbere bari 80% *Abahinzi mu Rwanda bari 70% ariko ubu ni 46% *Ku isoko ry’umurimo 5% gusa ni abageze mu mashuri makuru na Kaminuza *Abakozi 50% bakora amasaha 5 gusa ku munsi *Ubushomeri ngo buragenda bwiyongera […]Irambuye

PAC yabajije RRA icyo ikora mu kureshya Abashoramari ivuga ko

*Hon Theogene  ngo ni gute mu Rwanda basora kimwe no muri Kenya, Uganda byegereye amazi, *Ngo kuki u Rwanda rutakwigira ku bihugu bitanga ubwasisi bikagabanya imisoro… Abayobozi b’Ikigo cy’igihugu cy’Imisoro n’Amahooro bavuga ko iki kigo ntaho gihurira na politiki y’ishyirwaho ry’imisoro ku buryo cyagira uruhare mu kureshya Abashoramari. Bari babajijwe gusobanuro uko umusoro wo mu […]Irambuye

Kigali ku isonga mu kajagari kari kuri 65,7%. Mu gihugu

Kuri uyu wa 19 Kanama mu kwerekana ibyavuye mu ibarura rusange ryo muri 2012, kuri uyu wa 19 Kanama ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare  kerekanye ko umujyi wa Kigali uza imbere mu miturire y’akajagari ku gipimo cya 65,7% mu gihe mu gihugu imiturire nk’iyo iri ku gipimo cya 14,1%. Imibare itangwa n’iri barura rusange ryakozwe mu […]Irambuye

en_USEnglish