Tags : World Economic Forum

U Rwanda rwiteze byinshi ku nama ya “World Economic Forum-

Mu nama yo kwitegura inama Mpuzamahanga y’ubukungu izwi ku rwego rw’Isi (World Economic Forum – Africa) izabera mu Rwanda muri Gicurasi 2016, kuri uyu wa gatatu Ikigo cy’Igihugu cy’iterambere (RDB) n’abikorera bo mu nzego zitandukanye, baganiriye ku bigomba gukorwa ngo u Rwanda ruzashimishe abashyitsi kandi n’abikorera mu Rwanda babone inyungu, babasaba kunoza ibyo bakora. Iyi […]Irambuye

I Davos, P.Kagame na Mushikiwabo bavuze uko babona u Rwanda

Mu nama ngarukamwaka ya 46 ya ‘World Economic Forum’ iri kubera i Davos mu Busuwisi, mu biganiro byatanzwe kuri uyu wa gatatu mu gitondo, Perezida Paul Kagame na Minisitiri Louise Mushikiwabo bari mu bavuze ku nsanganyamatsiko z’ibiganiro barimo. Perezida Kagame yavuze ko amahoro n’umutekano ndetse no kubahiriza amategeko aribyo bituma u Rwanda ubu ruhagaze ku […]Irambuye

U Rwanda ku mwanya wa 3 mu kuzamuka mu bukungu

Nk’uko bitangazwa na raporo ikorwa n’Inama y’Isi mu by’ubukungu( World Economic Forum) yitwa Global Competitiveness Report 2014-2015 yasohotse kuri uyu wa 03 Nzeri 2014, u Rwanda ruri ku mwanya wa 62 mu bihugu 144 byakorewemo igenzura ku Isi. Rukaza ku mwanya wa gatatu mu bihugu byo munsi y’ubutayu bwa Sahara. Mu mwaka ushize u Rwanda […]Irambuye

en_USEnglish