Tags : Vincent Biruta

Dr Mukankomeje, Gen Ibingira na Dr Biruta bari kureba uko

Dr Vincent Biruta Minisitiri w’umutungo kamere, Dr Rose Mukankomeje umuyobozi w’ikigo REMA gishinzwe kubungabunga ibidukikike na Lt Gen Fred Ibingira Umugaba w’ingabo z’Inkeragutabara kuri uyu wa gatatu ahagana saa yine z’amanywa bageze i Karongi n’ubwato bavuye i Rubavu aho bari mu ruzinduko rwo kureba uko ibiyaga bya Kivu na Karago bibungabunzwe. Ikiyaga cya Karago (giherereye […]Irambuye

Africa ikeneye ijwi rimwe mu nama y’i Paris ngo idatsikamirwa

Kuba Afurika yohereza 4% by’ibyuka bihumanya ikirere ariko niyo igerwaho n’ibyago biterwa nabyo(ibyuka), niyo mpamvu ngo uyu mugabane ukeneye kugira ijwi rimwe kugira ngo wivuganire bityo abawutuye bo kuba ibitambo by’ibihugu bikomeye bihumanya ikirere. Mu nama y’isi yiga ku mihindagurikire y’ikirere yatangiye kuri uyu wa mbere i Paris, u Rwanda ruhagarariweyo na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, […]Irambuye

Abadepite batunze agatoki RUSWA nka kimwe mu bidindiza iyubakwa ry’imihanda

Ubwo abadepite bagize Komisiyo yo gukurikirana imikoreshereze y’imari ya Leta (PAC) bakiraga ikigo gishinzwe kubaka imihanda no guteza imbere ubwikorezi (RTDA) na Minisiteri y’ibikorwa remezo (MININFRA), bavuze ko RUSWA ishobora kuba iri mu bituma imirimo yo kubaka imihanda ikarangirira igihe idindira. Abadepite babazaga ibibazo bagendeye ku makosa yo kudacunga neza ibya Leta yagaragajwe na raporo […]Irambuye

en_USEnglish