Tags : Valentine Rugwabiza

Inteko yemeje burundu amasezerano y’ubutoneshwe n’ubudahangarwa muri EAC

*Uyu mushinga w’itegeko watowe ku 100% Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda umutwe w’Abadepite yemeje burundu kuri uyu wa mbere umushinga w’itegeko rigenda ubutoneshwe n’ubudahangarwa bw’abaturage b’ibihugu bigize Umuryango w’Africa y’iburasirazuba mu bijyanye no gukorera akazi aho bashaka, ubucuruzi bwambukiranya imipaka n’ibindi. Aya masezerano yabanje kwemezwa n’abakuru b’ibihugu bigize uyu muryango mu nama yo kuwa 24 […]Irambuye

Urubyiruko rurasaba kugira ijambo rifatika mu Nteko ya EALA

*Urubyiruko rugize 63% by’abatuye ibihugu bigize EAC, rugasaba ko ruhagararirwa mu Nteko, *U Rwanda rwonyine nirwo rufite umudepite uhagarariye urubyiruko muri EALA, *Minisitiri ushinzwe ibikorwa bya EAC muri Uganda, Hon Shem Bageine asanga urubyiruko kuruha ijambo muri politiki nta burambe rufite hari abanyepolitiki barukoresha, *Dr Richard Sezibera we asanga rubyiruko kuba rwahagararirwa muri EALA nta […]Irambuye

Mushikiwabo afite ikizere cy’akazi mu mishinga y’u Rwanda, Kenya na

Mu rwego rwo gutegura inama y’abakuru b’ibihugu bigize inzira y’ibicuruzwa yo mu muhora wa Ruguru (Northern Corridor) ugizwe n’u Rwanda, Uganda na Kenya izabera i Kigali tariki ya 7 Werurwe 2015, Minisitiri Louise Mushikiwabo n’abandi baminisitiri ku mugoroba wo kuri uyu wa 03 Gashyantare 2015 bagaragarije abadepite b’u Rwanda akamaro imishinga ya gariyamoshi n’uw’ibitembo bya […]Irambuye

“World Export Development Forum” bwa mbere muri Africa izabera mu

Inama ya 14 yitwa World Export Development Forum (WEDF) itegurwa na International Trade Centre (ITC) izabera mu Rwanda hagati ya tariki 16 na 17 Nzeri 2014 nk’uko bikubiye mu masezerano Velentine Rugwabiza umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cy’iterambere RDB yasinyanye na ITC mu ntangiriro z’iki cyumweru. Iyi nama ikomeye ni ubwa mbere izaba ibereye ku mugabane wa […]Irambuye

en_USEnglish