Tags : University of Rwanda

Abadivantisiti barasaba MINEDUC gukuraho amasomo atangwa ku ‘Isabato’

Abadiventisite b’Umunsi wa Karindwi biga muri Kaminuza y’u Rwanda ishami ry’ i Mburabuturo barasaba Minisiteri y’Uburezi ngo ibakurireho amasomo n’ibizamini bitangwa ku munsi w’isabato (Ku wa Gatandatu) kuko ngo abenshi muri bo basibizwa, abandi bagacikiriza amashuri. Mu mwaka ushize abarenga 60 bacikanywe n’ibizamini bityo bagomba gusibira. Hakizimana Alphonse uhagarariye abanyeshuri b’Abadivantisiti muri iyi Kaminuza yavuze […]Irambuye

Uburezi budahindura ubuzima bw’abantu ntacyo bumaze – Kagame

12 Mata 2015 – Mu ruzinduko yagiriye muri Kaminuza y’u Rwanda, Ishami rya Huye kuri iki cyumweru, President Paul Kagame yabwiye abanyeshuri n’abayobozi ko niba ubumenyi bahabwa budakoreshejwe mu guhindura imibereho y’abanyarwanda ikiri mibi nyuma y’imyaka 60 u Rwanda rubonye ubwigenge, ubwo bumenyi bwaba ari impfabusa. Mu ijambo rye President Kagame yibajije kandi abaza abari aho impamvu […]Irambuye

Umuyobozi wa Kaminuza y’u Rwanda wungirije yasezeye

Ubuyobozi bwa Kaminuza y’u Rwanda buratangaza ko Prof. James McWha wari umuyobozi wungirije (Vice Chancellor) wa Kaminuza y’u Rwanda yanditse asaba ko azahagarika aka kazi muri Kanama 2015 kubera impamvu z’uburwayi. Dr. Paul Davenport, umuyobozi w’inama nkuru ya Kaminuza y’u Rwanda wanakiriye ibahasha ya Prof.McWha avuga ko mu gihe cy’imyaka ibiri uyu mugabo (McWha)amaze ayobora […]Irambuye

Abayobozi 250 muri kaminuza bagiye mu itorero kuganira ku ireme ry’uburezi

Kuba abanyeshuri barangiza muri kaminuza n’amashuri makuru mu Rwanda bivugwa ko badafite ubushobozi buhagije bwo guhangana ku isoko ry’umurimo ku rwego mpuzamahanga, i Gabiro  Minisiteri y’Uburezi ifatanyije n’Itorero ry’Igihugu bateguye itorero ry’iminsi umunani ku bayobozi n’abarimu bafite ibyo bahagarariye muri Kaminuza bose hamwe 250 biga ku bibazo by’ireme ry’uburezi nk’icyo kivugwa. Aba bayobozi bo muri kaminuza n’amashuri makuru […]Irambuye

en_USEnglish