Tags : University of Gitwe

Kaminuza zafungiwe: INES hafunguwe amashami 2, Gitwe ntacyo bafunguriwe

*Nibagera mukwa 9 batarakosora ibyo basabwe ngo bazafungirwa burundu Inama nkuru y’uburezi mu Rwanda muri iki gitondo imaze gutangaza ibyo yagezeho mu isuzuma yakoreye Kaminuza ebyiri zari zafungiwe amwe mu mashami yazo zikavuga ko zakosoye ibyasabwaga. Ishuri rikuru rya INES Ruhengeri ryafunguriwe amashami abiri muri atanu yafunzwe, naho Kaminuza ya Gitwe nta shami na rimwe bafunguye […]Irambuye

Abiga Ubuforomo baratabaza inzego zibishinzwe ngo zibarenganure

Abanyeshuri biga ibijyanye n’Ubuforomo barangije icyiciro cya mbere cya Kaminuza, barasaba kurenganurwa nyuma y’aho badasohotse ku rutonde rw’abemerewe gukora ikizamini gisoza icyiciro barimo gitangwa n’Urugaga rw’Abaforomo mu Rwanda. Mu mabaruwa atandukanye aba banyeshuri bandikiye inzego zinyuranye, Umuseke ukaba ufite copi, abanyeshuri biga muri Kaminuza ya Gitwe, bagaragaza ko mu bakandida 128, abagera kuri 76 aribo […]Irambuye

Gitwe: Abasoje Kaminuza basabwe guteza imbere igihugu mu bumenyi bahawe

Kuri uyu wa gatanu, Kaminuza ya Gitwe yatanze impamyabumenyi ku nshuro yayo ya kane, urubyiruko 291 rwasoje amasomo rwasabwe kuzerekana ubumenyi bwahawe mu guteza imbere igihugu. Abahawe impamyabumenyi ni abasoje amasomo mu mashami y’igiforomo, ubumenya-muntu, ikoranabuhanga n’icungamutungo. Niyonsaba Lamberet, wavuze mu izina rya bagenzi be basoje amasomo yashimye uburere, discipline na kirazira bahawe na Kaminuza […]Irambuye

en_USEnglish