Tags : Umugoroba w’Ababyeyi

Bugesera: Umugoroba w’ababyeyi wahindutse ahabera inama z’ibimina

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Bugesera n’imwe mu miryango ifite mu nshingano yo kubanisha neza ingo, banenga uburyo gahunda y’umugoroba w’Ababyeyi yahinduwe umwanya wo gukoramo ibimina. Ngo hari aho abaturage bitabira umugoroba w’ababyeyi kubera ibimina gusa, bagasaba ko hagira igikorwa ugasubirana intego wari ufite yo kuganira ku mibanire y’ingo no gukemura bimwe mu […]Irambuye

Gicumbi: Umugoroba w’Ababyeyi wabafashije kumenye gahunda y’Iminsi 1000

Gahunda y’Umugoroba w’Ababyeyi imaze guhindura benshi mu kagari ka Gacurabwenge nk’uko babitangaza, Umudugudu wa Rwasama wafashwe nk’indashyikirwa mu kwitabira iyi gahunda kurusha indi midugudu igize ako kagari, mu byo yafashije abaturage harimo no kumenya iminsi 1000 ku buzima bw’umwana. Abaturage bo mu mudugudu wa Rwasama bavuga ko mu minsi ya mbere  ubwo babasabaga kwitabira Umugoroba […]Irambuye

Mu Murenge wa Mugombwa ntibarumva akamaro k’Umugoroba w’Ababyeyi

Abaturage bo mu Murenge wa Mugobwa, Akarere ka Gisagara, mu Ntara y’Amajyepfo ngo nta kintu kigaragara barakura muri gahunda y’Umugoroba w’Ababyeyi kuko uduce twinshi twaho aribwo igitangira, ndetse nta ruhare rw’ubuyobozi mu kuyibashishikariza babona. Bamwe mu baturage baganiriye n’UM– USEKE bavuga ko n’ubwo Umugoroba w’Ababyeyi ari gahunda yashyizweho na Leta, ngo bo baracyari inyuma bitewe […]Irambuye

en_USEnglish