Tags : UCI

Team Rwanda: Buri umwe yahawe asaga Miliyoni 3 nk’ishimwe ryo

Nyuma yo guhesha ishema u Rwanda bakegukana isiganwa ry’amagare rizenguruka u Rwanda, “Tour Du Rwanda” ry’umwaka wa 2015, abakinnyi, abatoza n’abatekinisiye ba ‘Team Rwanda’ buri umwe yahawe ishimwe na Minisiteri y’umuco na Siporo ingana n’amafaranga y’u Rwanda 3 145 000. Kwitwara neza kw’amakipe atatu yari ahagarariye u Rwanda muri iri siganwa, byatumye arisaruramo amafaranga y’u […]Irambuye

Nsengimana Jean Bosco yegukanye Tour du Rwanda 2015

Kuri iki cyumweru tariki 22 Ugushyingo, Nyuma yo kuzenguruka ibice binyuranye by’Umujyi wa Kigali mu gace ‘etape’ ka nyuma k’irushanwa kareshya n’Ibilometero 120, umusore w’Umunyarwanda Nsengimana Jean Bosco w’imyaka 22 niwe wegukanye ‘Tour du Rwanda 2015’ yabaga ku nshuro ya 7, akoresheje 23h54’50’’ mu minsi Umunani (8) bamaze bazenguruka ibice binyuranye by’u Rwanda. Kuva kuri Stade […]Irambuye

Tour Du Rwanda turayisubiza nta kabuza – Aimable Bayingana

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kane tariki 12 Ugushyingo, Aimable Bayingana, Perezida w’Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare yasezeranyijeAbanyarwanda ko Ikipe y’Igihugu cy’u Rwanda “Team Rwanda” izahatana mu irushanwa ry’amagare ryo kuzenguruka u Rwanda “Tour du Rwanda 2015” izaryisubiza nta kabuza kuko yateguwe neza. Tour du Rwanda iratangira kuri iki cyumweru Tariki 15 Ugushyingo […]Irambuye

Amagare: ‘Rwanda Cycling Cup’ irerekeza Nyagatare-Rwamagana-Huye

Amarushanwa y’abakinnyi b’imbere mu gihugu bakina umukino wo gusiganwa ku magare ‘Rwanda Cycling Cup 2015’ arakomeza mu mpera z’iki cyumweru hakinwa uduce tubiri twa Nyagatare –Rwamagana na Rwamagana-Huye. Aya marushanwa ategurwa n’Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda (FERWACY) azaba kuwa gatandatu no ku cyumweru. Kuri iyi nshuro, abakinnyi bagiye gusiganwa mu nzira zizakoreshwa […]Irambuye

en_USEnglish