Tags : Ubushinjacyaha

Ikibazo cya ruswa kirahari, kutabivuga byaba ari ukwirengagiza… – Umuyobozi

*Haracyari imbogamizi mu bijyanye no gutanga amakuru kuri ruswa. *Hari abashaka kurya ruswa ya byombi “iy’igitsina n’amafaranga”. Mu nama yo gusoza icyumweru cyahariwe kurwanya ruswa, Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Pascal Nyamurinda yavuze ko ikibazo cya ruswa kikiriho, ngo niyo mpamvu inzego zose zifatanya kuyirwanya, kutabivuga ngo byaba ari ukwirengagiza cyangwa kwemera ko ikibazo kizakomeza. Umuyobozi […]Irambuye

2014-2015: Ubushinjacyaha bwatsinze 92,9% bya Dosiye bwaburanye

Ni imibare umushinjacyaha mukuru Richard Muhumuza yatangaje ko bishimira cyane kuko ngo bazamutseho 5% ugereranyije n’uko bari bakoze umwaka ushize wa 2013-2014. Avuga ko gutsinda imanza ari intambwe bateye nyuma yo guhugurirwa akazi abashinjacyaha mu gihugu bakora. Ni ibyo batangaje mu nama yabahuje uyu munsi igamije kwisuzuma. Richard Muhumuza yabwiye itangazamakuru ko muri rusange muri […]Irambuye

2014-2015: Miliyoni hafi 500 yagenewe kuzamura abakene yaranyerejwe

*Abantu 311 bahamwe no kurigisa umutungo wa Leta urenga miliyoni 925 *Abantu 69 bakurikiranyweho kurigisa Rwf 492,007,219 yari agenewe imibereho myiza *Ubushinjacyaha bwatsinze ku kigereranyo cya 92.9% *Ikigereranyo cya dosiye zakozwe ku zakiriwe kingana na 99.2% Mu muhango wo gutangiza umwaka w’Ubucamanza wa 2015-2016; agaragaza ishusho y’ibyagezweho n’Ubushinjacyaha Bukuru mu mwaka wa 2014-2015; Umushinjacyaha Mukuru; […]Irambuye

Mugesera yabwiye urukiko ko icyunamo cyatumye adakora ibyo yari yemeye

Mu rubanza Ubushinjacyaha bw’u Rwanda buregamo Leon Mugesera ibyaha birimo ibya Jenoside n’ibyibasiye Inyokomuntu, kuri uyu wa 15 Mata, uregwa yabwiye Urukiko ko kubera gahunda z’icyunamo zaberaga muri Gereza atabashije gutegura ibyo anenga ku buhamya bw’abatangabuhamya babiri nk’uko byari byemeranyijweho mu iburanisha riheruka bityo akaba ariyo mpamvu yateguye kuri umwe yananenze ubuhamya bwe none. Urukiko […]Irambuye

Itegeko rirengera Abasirikare b’Abafaransa ku byaha bakoze mu Rwanda ntirivugwaho

Umuryango Survie ukorera mu gihugu cy’Ubufaransa n’Ubushinjacyaha bw’u Rwanda baragaragaza impungenge ku itegeko ribuza urundi rwego urwo arirwo rwose gukurikirana abasirikare b’Ubufaransa ku byaha baba bakoreye mu bihugu by’amahanga uretse Parike y’icyo gihugu rishobora kubangamira ikurikiranwa ry’abasirikare bakekwaho kuba barakoze ibyaha muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Mu Kuboza 2013, Minisiteri y’umutekano mu gihugu cy’Ubufaransa yatoresheje itegeko rirengera […]Irambuye

en_USEnglish