Tags : Ubukungu

Maroc yakiriwe mu muryango w’ibihugu bya Africa y’Iburengerazuba

Abakuru b’ibihugu by’Africa y’Uburengerazuba bihuriye hamwe mu muryango w’ubukungu wa ECOWAS bemereye Maroc kuba kimwe mu bihugu bigize ECOWAS nubwo cyo ari igihugu cyo mu Majyaruguru ya Africa. Maroc yemerewe kunjira muri Ecowas umwami Mohamed VI adahari kubera ko yanze kujya mu nama yatumiwemo Israel. Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benyamin Netanyahu ari i Monrovia aho […]Irambuye

Imyenda y’u Rwanda igeze kuri 45% bya GDP, Min. Gatete

*IMF yagaragaje ko imyenda u Rwanda rufite iri kwiyongera cyane, *IMF iti “turakomeza gucungira hafi” *U Rwanda ruti “Nta mpungenge” Nyuma y’icyumweru itsinda ry’Ikigega mpuzamahanga cy’ubukungu “International Monetary Fund/IMF” riri mu Rwanda kugenzura uko ubukungu bw’u Rwanda bwifashe, raporo yaryo yagaragaje ko buhagaze neza, ndetse inatanga inama z’ibikwiye kwitonderwa. Iyi Raporo yagaragaje ko imyenda y’u […]Irambuye

UMURURUMBA ukomeje gutuma abantu bangiza Isi batuye

*Amoko 14 152  y’inyamaswa yabaruwe,   3 706 ari kugenda acika *Guhera mu 1970 kugeza muri 2012  58% by’amako y’inyamaswa ntakibaho *2009 muri Tanzania hari inzovu 44 806-  2017 hari hasiganye 15 217, 66% zarishwe *Ubu 30% y’ubutaka bwose bw’isi bwarangiritse *Hafi 75% bya Soya yera ku isi igaburirwa amatungo… Abahanga muri science bamaze imyaka irenga […]Irambuye

en_USEnglish