Tags : Ubuhinzi

Nyanza: Ubuhinzi bujyanye n’amakuru yizewe y’iteganyagihe mu gace k’Amayaga

*Abaturage bagira uruhare mu guhitamo imyaka bazahinga bagafatanya n’ushinzwe ubuhinzi. Mu Rwanda imbogamizi ikomeye mu buhinzi ni ukubura amakuru y’uko ikirere kizaramuka bituma bamwe mu bahinzi bahombywa no kurumba kw’imyaka bitewe no kutamenya icyo bazahinga bijyanye n’ingano y’imvura izagwa, mu Karere ka Nyanza, mu mpera z’icyumweru gishize, abaturage basobanuriwe ingano y’imvura ihari banumvikana ku bihingwa […]Irambuye

Nyaruguru: Mayor Habitegeko yasabye abaturage b’abahinzi guhinga nk’uko babigize umwuga

*Ngo hari benshi bahorana inzara bokamwe n’ubukene kubera ubunebwe, *Hahingira isuka ya mbere kandi bagahinga ibijumba kuko byo byihanganira izuba. Ikibazo cy’amapfa cyateje gusonza kuri bamwe hirya no hino mu gihugu, i Nyaruguru ngo hari abo icyo kibazo kitagezeho cyane kuko igihembwe gishize bahinze kare ntibabuririza, gusa ngo hari n’abandi benshi bahinze batinzeho gato ntibabona […]Irambuye

Mahama: Abaturage barasabwa guhinga ibihingwa biberanye n’iki gihembwe cy’ihinga

Ubuyobozi bw’umurenge wa Mahama mu karere ka Kirehe burasaba abaturage kugira uruhare rufatika mu kwikura mu bibazo by’inzara bahuye na byo mu mwaka ushize ubwo bahuraga n’ikibazo cy’izuba ryinshi ryatse rigatuma imyaka ipfira mu mirima. Kuri ubu imvura iragwa neza hano i Mahama, akaba ari yo mpamvu umuyobozi w’uyu murenge Hakizamungu Adelite aheraho asaba abaturage […]Irambuye

Amafoto: Ubuzima bw’umuturage mu Karere ka Nyaruguru

Mu bihe bitandukanye umunyamakuru w’Umuseke Callixte Nduwayo yasuye Akarere ka Nyaruguru, yitegereza imibereho y’abaturage cyane mu mirimo ibateza imbere. Umuseke wabahitiyemo amwe mu mafoto ajyanye n’ubuzima bwa Nyaryuguru mu bijyanye n’akazi gasanzwe abaturage bakora ngo babeho, n’imiterere y’ubuhinzi muri Nyaruguru mu mwaka 2016 no mu matariki ya mbere ya Mutarama 2017. Mu gitondo cya kare, […]Irambuye

en_USEnglish