Tags : Tumba College

Umunyarwandakazi yakoze progaramu izibutsa muganga ko serumu ishize mu murwayi

Ku wa gatatu tariki 25/5/2016  mu muhango ngarukamwaka wo kugaragaza udushya twagezweho mu Ishuri rikuru ry’Ikoranabuhanga rya Tumba (Tumba College of Technology), umunyeshuri Ange Uwambajimana w’imyaka 22 yamuritse porogaramu izafasha abaganga kwita ku barwayi cyane cyane abafite serumu. Ni kenshi usanga mu bitaro no mu bigo by’ubuvuzi ababagana bashinja uburangare abaganga bwo kutita ku barwayi […]Irambuye

Ku nshuro ya kabiri mudasobwa 229 zasanwe n’ishuri rya Tumba

Ikigo kigisha ikoranabuhanga, Tumba College of Technology cyongeye gusana ku nshuro ya kabiri mudasobwa zari zifite ibibazo bidakabije ku buryo zajugunywa. Gusana mudasobwa 229 zaturutse mu bigo bitanu  byakozwe mu mpera z’icyumweru gishize. Ibyo bigo ni: Nyange Girls Secondary School, GS Gishanda, GS Buhabwa, GS Nyarusange na ES Bugarama. Mu kiganiro yahaye abanyamakuru, Kagali Mechack […]Irambuye

Abiga Tumba College barasabwa gukoresha ICT mu kubaka u Rwanda

Mu rwego rwo kwimakaza amahame y’ubutore n’indangagaciro z’umuco nyarwanda, hagamijwe guhindura imyumvire, imitekerereze no kwihutisha iterambere, ku wa gatanu tariki mu karere ka Rulindo mu Ishuri rya Tumba College of Technology hasohojwe icyumweru cy’intore mu zindi n’igitaramo njyarugamba, hanamukirwa imihigo y’intore z’indashikirwa mu ikoranabuhanga mu mwaka wa 2015/16. Uyu muhango witabiriye n’abanyeshuri benshi ba Tumba […]Irambuye

Tumba College yatanze inzu ebyiri ku barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi

Ishuri ry’Ubumenyingiro n’Ikoranabuhanga, ‘Tumba College of Technology’ ryamurikiye inzu ebyiri abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, iki gikorwa cyabaye ku wa gatandatu tariki 11 Mata 2015. Eng. Gatabazi Pascal yavuze ko bamaze icyumweru muri gahunda yo kunamira inzirakarengane zishwe muri Jenoside nk’uko gahunda iri mu gihugu cyose, bafatanya n’abandi Banyarwanda bose. Yagize ati “Ni inshingano zacu, kwibuka […]Irambuye

en_USEnglish