Tags : Tigo Rwanda

Tigo yatangiye guha abafatabuguzi bayo internet ya 4G kuri Telefone

Mu nama mpuzamahanga ku ikoranabuhanga ‘Transform Africa’ ubuyobozi bwa bw’ikigo ‘Millicom’, n’abayobozi batandukanye mu nzego z’umubuyobozi mu Rwanda batangije ku mugaragaro gahunda y’ikigo cy’itumanaho cya Tigo-Rwanda igamije guha abafatabuguzi bayo bose babyifuza Serivise za Internet yihuta ya 4G kuri Telefone zigendanwa. Umuhango wo gutangiza iyi gahunda wari wanitabiriwe na Minisitiri w’urubyiruko n’ikoranabuhanga Jean Philbert Nsengimana; […]Irambuye

Tigo na One UN bemeranyijwe guteza imbere urubyiruko n’abagore

Kuri uyu wa 18 Kamena 2014, Ikigo cy’itumanaho cya Tigo na One UN Rwanda basinye amasezerano y’Ubufatanye azamara imyaka ine afite agaciro ka miliyoni 5,4$ yo kuzamura imibereho myiza y’Abanyarwanda cyane mu byiciro by’urubyiruko mu guhanga imirimo no guteza imbere abagore. Aya masezerano azamara imyaka ine Tigo ikaba izashyiramo amafaranga agera ku bihumbi 400 by’amadorali […]Irambuye

65% by'Abanyarwanda batunze imirongo ya Telefone

Imibare mishya y’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kugenzura ibikorwa bitandukanye burimo n’iby’ikoranabuhanga mu Rwanda “Rwanda Utilities Regulatory Agency (RURA)” iragaragaza ko ikoreshwa rwa telefone zigendanwa ririmo kugenda rirushaho kwinjira mu mibereho y’Abanyarwanda kuburyo ubu nibura miliyoni esheshatu (6) n’ibihumbi 800 batunze imirongo ya telefone. Iyi mibare mishya yavuye kuri Miliyoni esheshatu n’ibihumbi 500 mu mpera z’umwaka ushize […]Irambuye

Millicom yatangirije mu Rwanda ikigo gishya yise "THINK"

Kuri uyu wa mbere tariki 31 Werurwe, Ikompanyi mpuzamahanga ya Millicom ifite ibigo by’itumanaho bya Tigo, yatangirije mu Rwanda ikigo mpuzamahanga yise “Think” kizafasha Abanyarwanda, Abanyafurika n’ahandi bantu bose muri rusange bafite ibitekerezo by’imishinga y’ikoranabuhanga ishobora guhindura ubuzima bw’abatuye Isi. Think ni ikindi kigo gishya Millicom yahisemo gutangiriza mu Rwanda kubera uburyo u Rwanda rukangurira […]Irambuye

en_USEnglish