Tags : TBB

Mu gitaramo cya Auddy Kelly abagore bari bambaye umweru, abagabo

Audace Munyangango uzwi ku izina rya Auddy Kelly yaraye akoreye igitaramo cyo kwizihiza isabukuru y’imyaka ine ishize hashinzwe umuryango El-Familia ugizwe n’abakunda uyu muhanzi. Abakobwa/abagore bitabiriye iki gitaramo baje bambaye imyenda y’ibara ry’umweru mu gihe abasore/abagabo bari bambaye umukara. Abateguye iki gitaramo bari basabye abazakitabira ko baza bambaye iyi myambaro, nabo barabyubahiriza. Ibintu byari binogeye […]Irambuye

“Ni gute wakwiyita umweyo utaramara umwaka muri muzika?”- Mc Tino

Kasirye Martin umunyamakuru, umuhanzi, akaba n’umushyushyarugamba uzwi cyane ku izina rya Mc Tino, nyuma yo kumva amakuru avuga ko itsinda rya “Active” ryaje muri muzika nk’umweyo uje gukubura andi matsinda yose, Mc Tino we yavuze ko iryo tsinda rigifite akazi kenshi ko gukora aho kwiyita umweyo waje gukuraho andi matsinda. Umweyo ni igikoresho cyo mu rugo gikuraho […]Irambuye

en_USEnglish