Tags : South Korea

Ibikorwa bya Korea ya Ruguru byatumye USA na Koreya y’Epfo

Nyuma y’uko ku wa Kabiri Koreya ya Ruguru yagerageje igisasu cya missile ballistique gishobora kurasa muri Alaska muri Leta zunze Ubumwe za America, Korea y’Epfo na USA na byo byarashe missile nyinshi mu nyanja y’Abayapani. Kugeza ubu ubutegetsi bwa Seoul na Washington buremeza ko amasezerano yo guhagarika intambara hagati ya Koreya zombi ashobora guseswa kubera […]Irambuye

S.Korea: Perezida mushya ngo azasura Korea ya Ruguru

Perezida mushya watorewe kuyobora Korea y’Epfo, Moon Jae-in yarahiriye kuyobora igihugu yiyemeza kuzavugurura ubukungu bw’igihugu no kunoza umubano na Korea ya Ruguru. Moon Jae yavuze ko ashobora gusura Kiea ya Ruguru bitewe n’impamvu zumvikana.  Uyu mugabo yarahiriye kuyobora Korea y’Epfo mu ngoro y’Inteko iri mu mujyi wa Seoul. Uyu mugabo waharaniraga uburenganzira bwa muntu nk’umunyamategeko […]Irambuye

S.Korea: Perezida wegujwe yasomewe ibyo aregwa imbere y’urukiko

Perezida waterewe icyizere muri Korea y’Epfo, Park Geun-hye yagejeje imbere y’urukiko anabwirwa ibirego akurikiranyweho mu rubanza aregwamo ruswa, byanatumye Inteko Nshingamategeko y’igihugu cye imutera icyizere. Umushinjacyaha yavuze ko Park Geun-hye aregwa ibyaha bitatu, uruswa, gutera ubwoba no gukoresha nabi ububasha no gushyira hanze amabanga ya Leta. Park w’imyaka 65, arafunze, ashinjwa ko yemereye inshuti ye […]Irambuye

Perezida wa Koreya y’Epfo ari muri Uganda

Umukuru w’igihugu cya Koreya y’Epfo Park Geun-Hye ari mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu muri Uganda, akazaganira n’abayobozi ba Uganda ku bijyanye n’iterambere mu ikoranabuhanga n’ingufu z’amashanyarazi. Ubwo yageraga ku kibuga cy’indege cya Entebbe yakiriwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Uganda, Sam Kahamba Kutesa. Park Geun-Hye uyobora Koreya y’Epfo, kimwe mu bihugu bifite ikaranabuhanga riteye imbere […]Irambuye

Kagame, Carlos Heru na Mme Geun bahawe igihembo cyo guteza

Geneva – Dr Hamadoun I. Touré Umunyamabanga mukuru w’Ihuriro mpuzamahanga ku ikoranabuhanga, ITU yatangaje kuri uyu wa gatanu ko Perezida w’u Rwanda Paul Kagame, umuherwe uzwi ku isi Carlos Slim Heru na Madame Park Geun-hye Perezida wa Koreya y’Epfo aribo bahawe igihembo cy’uyu mwaka wa 2014 cy’ubuyobozi bwiza mu guteza imbere ikoranabuhanga (ICT) na Internet yihuta […]Irambuye

en_USEnglish