Tags : Shyaka Anastase

Turacyafite icyuho mu mitangire Serivise mu nzego zose – Shyaka

Kuri uyu wa 30 Werurwe 2017, Urwego rw’Igihugu ry’Imiyoborere (RGB) ruratangiza ubukangurambaga bwise ‘Nk’uwikorera’ bugamije gukangurira abatanga Serivise mu nzego za Leta n’Ibikorera kunoza Serivise batanga kuko ngo hakigaragara icyuho mu mitangire ya Serivise. Serivise nirwo rwego runini mu bukungu bw’u Rwanda kuko rwihariye 48% by’umusaruro mbumbe w’igihugu (GDP). Ibipimo bya RGB bigaragaza ko igipimo […]Irambuye

Ntakindi kimenyetso cy’imiyoborere mibi kirenze Jenoside – Prof. Shyaka

Prof Shyaka Anastase wari uyoboye abakozi b’ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere ubwo kuri uyu wa kane basuraga urwibutso rwa genocide rw’akarere ka Kamonyi mu murenge wa  Busasamana, yatangaje ko Jenoside yakorewe Abatutsi ari ikimenyetso kirenze ibindi cy’imiyoborere mibi yaranze u Rwanda mu myaka myinshi yari ishize mbere ya 1994. Aba bakozi b’ikigo RGB usibye gusura urwibutso banatanze […]Irambuye

Abayobozi bavuye mu Mwiherero biyemeje kureka ‘Gutekinika’

Kimihurura, 03 Werurwe 2015 – Mu kiganiro n’abanyamakuru cyari kigamije kwereka Abanyarwanda ibyaganiriweho mu nama y’Umwiherero Perezida wa Repubulika agirana n’abayobozi, Minisitiri muri Perezidansi, Tugireyezu Venancie yavuze ko impanuro z’umukuru w’igihugu zabateye kuzahindura imikorere, harimo no kureka gutanga imibare  n’amaraporo binyuranyije n’ukuri. Umwiherero wa Perezida wa Repubulika Paul Kagame n’abayobozi bakuru b’igihugu bagera kuri 300, wabereye […]Irambuye

Ese habaho Demokarasi nta majyambere?

Kigali – Abafashe amagambo ku mu nama mpuzamahanga ya kabiri  kuri Demokarasi n’imiyoborere myiza muri Africa, Asia ndetse n’Uburasirazuba bwo hagati yatangirijwe i Kigali kuri uyu wa 30 Kamena 2013 bagarutse cyane ku ihuriro rya Demokarasi n’Amajyambere, abayirimo bungurana ibitekerezo banabazanya niba kimwe cyaba aho ikindi kitari ndetse n’uko byajyana byombi. Iyi nama ku nshuro […]Irambuye

en_USEnglish