Tags : Seninga Innocent

APR na Police FC zanganyije zongerera Rayon amahirwe ku gikombe

Imikino ya shampiyona y’u Rwanda yabaye muri iyi weekend isize APR FC irushwa na Rayon Sports iyoboye urutonde amanota arindwi (7) kandi iyirusha imikino ibiri. Ni nyuma yo kunganya na Police FC 1-1 mu mukino wabereye ku Kicukiro kuri iki cyumweru. Kuri iki cyumweru tariki 30 Mata 2017 nibwo hakinwe imikino ine isoza indi y’umunsi […]Irambuye

Kiyovu Sports yategetswe kwishyura Miliyoni 6 Seninga wari umutoza wayo

Nyuma yo kwirukana Seninga Innocent mu buryo bunyuranyije n’amategeko, FERWAFA yahanishije Kiyovu Sports kumuha Miliyoni esheshatu (6) z’amafaranga y’u Rwanda. Akanama gashinzwe imyitwarire k’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’ kategetse Kiyovu Sports kwishyura Seninga Innocent, amafaranga yose yagombaga guhembwa mu mwaka w’amasezerano yari afite muri Kiyovu Sports. Mu itangazo ryamenyeshejwe Kiyovu Sports, FERWAFA yavuze ko […]Irambuye

en_USEnglish