Tags : Sam Rugege

Prof. Rugege yagaye amahanga yirengagije amasezerano y’i Geneva ntatabare mu

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga Prof Sam Rugege yabwiye abitabiriye ibiganiro nyunguranabitekerezo ku masezerano y’i Geneva ajyanye no kurengera abasivili n’abasirikare bakomerekeye ku rugamba, ko bibabaje kuba ibihugu byayasinye byaranze nkana gutabara Abatutsi bicwaga muri Jenoside kandi ari byo amasezerano yabasabaga. Iki kiganiro  cyari kitabiriwe n’abahagarariye ibihugu byabo nk’u Buholandi, Kenya, Repubulika iharanira Demokarasi  ya Kongo n’u […]Irambuye

U Rwanda rwamuritse igikombe cya zahabu rwabonye mu Butabera

Kuri uyu wa gatanu tariki 4 Werurwe, Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga na Minisitiri w’Umurimo n’uw’Ubutabera n’abandi bayobozi bakuru mu butabera, bamuritse igikombe u Rwanda rwegukanye mu bijyanye no kwakira no kubika ibirego binyuze mu Ikoranabuhanga (Rwanda Integrated Electronic Case Management System, IE CMS), iki gikombe cyatanzwe n’umuryango AAPAM. Iki gihembo cyatanzwe mu nama iheruka kubera i […]Irambuye

“Umucamanza akwiye kurangwa n’ubunyangamugayo” – Kagame

Kigali – Mu muhango wo gutangiza umwaka w’ubucamanza mu Rwanda, inzego z’ubucamanza zagaragaje ko nubwo hari byinshi byagezweho hakiri abacamanza badakurikizi amahame y’umwuga wabo ndetse Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba yabwiye abacamanza ko mu bya mbere bigomba kubaranga harimo ubunyangamugayo nk’uko yabigarutseho kuri uyu wa gatanu tariki ya 5 Nzeri 2014 mu Nteko Nshingamategeko ku […]Irambuye

en_USEnglish