Tags : Safi

Safi (Urban Boys) aravugwaho kwihakana umukobwa ‘yateye’ inda

Niyibikora Safi wiyita kandi Madiba umuhanzi wo mu itsinda rya Urban Boys, amakuru aravuga ko yateye inda umukobwa ariko kugeza ubu akaba yaramwigaramye. Uyu mukobwa ubu ngo ari mu kaga kuko iwabo bamaze kumwirukana. Amakuru agera ku Umuseke, yemeza ko Safi ubushuti yagiranye n’umukobwa witwa Clarisse Rudahusha bwaje kuvamo inda ubu ifite amezi ashobora kuba agera kuri atandatu. Uyu mukobwa […]Irambuye

Ubu noneho Safi yaba yabonye undi mukunzi nyuma ya Knowless

Hashize igihe kinini abahanzi Safi wo mu itsinda rya Urban Boys na Butera Knowless batandukanye mu rukundo, nyuma yabwo bombi nta n’umwe wigeze yongera kugaragaza urukundo afitiye undi muntu ku mugaragaro, uretse Safi kuri uyu wa 29 Nzeri washyize ifoto y’umukobwa utazwi cyane, akandikaho ati “I think am in love”. Knowless, wakundanaga na Safi, yakunze […]Irambuye

Queen Cha avuga ko gukora muzika bisaba kutawubangikanya

Mugemana Yvonne uzwi muri muzika nka Queen Cha aremeza ko ko muzika kugirango uyikore ku buryo bwiza ari uko nta kindi kintu uha umwanya munini kurusha uwo ugenera umuziki. Queen Cha hari amarushanwa amaze iminsi aba ntayagaragaremo, we yemeza ko ari ukubera umwanya muto yahaga muzika kubera amasomo. Queen Cha yabwiye Umuseke ko muzika igoye […]Irambuye

en_USEnglish