Tags : SADC

Ku bihuha by’uko yapfuye: R. Mugabe ati ‘Yego nari napfuye,

Kuri uyu wa Gatanu muri Zimbabwe hiriwe igihuha cyari cyatangajwe na kimwe mu binyamakuru byo muri iki gihugu ko Perezida Robert Mugabe yitabye. Uyu mukuru w’igihugu uzwiho gushyenga yabwiye Abanyamakuru ko ibyavuzwe byari ukuri nk’uko bikunze guhwihwiswa. Ati “ Yego ni byo nari napfuye ariko nazutse nk’uko nsanzwe mbigenza.” Kuri uyu wa Gatandatu kandi, Perezida […]Irambuye

Global African Investment Summit i Kigali; na Perezida Magufuli ashobora

Inama ya ‘Global African Investment Summit’ igiye guteranira i Kigali ku itariki 5 na 6/09/2016 biteganyijwe ko iyi nama izakirwa na Perezida Kagame muri Kigali Convention Center izitabirwa n’abantu bagera kuri 900 barimo abaperezida b’ibihugu babiri. Biravugwa ko abatumiwe bazaza ari Perezida John Pombe Magufuli wa Tanzania na Perezida Khama Ian Khama Seretse wa Botswana. […]Irambuye

Ari i Kigali, Kobler yavuze ko bategereje umwanzuro wa ICGLR

Kigali- Kuri uyu wa 10 Mutarama 2015 mu kiganiro n’Abanyamakuru i Kibagabaga ku ishami rya MONUSCO mu Rwanda, Martin Kobler uyoboye ubutumwa bwa MONUSCO yavuze ko imyiteguro yo kugaba ibitero ku barwanyi b’umutwe wa FDLR yarangiye igisigaye ari uguhabwa uburenganzira, avuga ko hari ikibazo cya Politiki hagati ya y’imiryango ya SADC na ICGLR  igatanga uburenganzira ibitero bigahita […]Irambuye

DRC: Abarwanyi 105 ba FDLR nibo bashyize intwaro hasi

Abarwanyi bagera ku 105 ba FDLR nibo bonyine bazanye n’imbunda zigera ku 100 bavuga ko bamashyize ibirwanisho hasi, umuhango wo kwakira aba barwanyi babereye ku ishuri ribanza rya Kateku hagati y’uduce rwa Walikale na Lubero muri Kivu ya ruguru. Uyu mutwe wa FDLR urwanya Leta y’u Rwanda bivugwa ko ubu ufite abarwanyi bagera ku 1 […]Irambuye

en_USEnglish