Tags : Rwanda National Police

Polisi igiye kumara iminsi 10 ikora ‘control technique’ y’imodoka z’i

Abatunze imodoka mu karere ka Rusizi no mu turere bihana imbibi, guhera kuri uyu wa gatatu baragezwaho serivise zijyanye no kugenzura imiterere y’imodoka zabo “Control techinique, mu gihe cy’iminsi 10. Umuyobozi w’Ishami rishinzwe ibyo kugenzura imiterere y’ibinyabiziga (Motor Vehicle Inspection Centre), CSP Emmanuel Kalinda, avuga ko ibyuma bigenzura imodoka (Mobile Test Lane) biza kuba byagejejwe […]Irambuye

Urubyiruko rurasabwa kwirinda abashaka kubashora mu gusenya igihugu

Mu bukangurambaga bwatangijwe kuri uyu wa 30 Nzeri, urubyiruko rw’abanyeshuri biga mu mashuri yisumbuye, amakuru za kaminuza rwibukijwe ko rugomba kugira uruhare mu kurinda umutekano w’igihugu, basabwa gutanga amakuru no kugendera kure abashaka kubashuka bagamije kubashora mu bikorwa byo guhungabanya ituze n’umudendezo by’igihugu. Muri ubu bukangurambaga bwibanze ku gukumira no  kurwanya ibyaha, urubyiruko rwasabwe kutijandika […]Irambuye

Itariki ntarengwa yo gushyira mu modoka utwuma two kutarenza 60Km/h

Police y’u Rwanda ishami rishinzwe umutekano mu muhanda iravuga ko abatwara abantu muri rusange bakwiye kwihutira gushyira mu modoka zitwara abantu utwuma turinda kurenza umuvuduko (speed governors) wagenwe igihe ntarengwa kitaragera kugira ngo birinde guhura n’ibihano. Supt. Jean Marie Vianney Ndushabandi umuvugizi wa Police ishami ryo mu muhanda yatangaje ko hari abatwara abantu bamaze kubahiriza […]Irambuye

en_USEnglish