Tags : Rwanda MIGEPROF

Rutsiro: Mu murenge wa Musasa abagore baracyahohoterwa bikabije

Mu biganiro Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango yagiranye n’abaturage bo mu Murenge wa Musasa mu karere ka Rutsiro, kuri uyu wa 23 Nzeri, abagore bakirije iyi Minisiteri ibibazo by’akarengane n’ihohoterwa  bakorerwa n’abagabo babo. Hari uwavuze ko umugabo we yamubwiye ko azamwica. Minisitiri y’Uburinganire n’Iterambere ry’umuryango ikunze  kugirana ibiganiro n’abaturage mu bice bitandukanye kugira ngo imenye ibibazo by’ihohoterwa […]Irambuye

Rwanda: Hashinzwe ihuriro rirwanya icuruzwa ry’abantu

Umuryango utegamiye kuri Leta uharanira uburenganzira bwa muntu, ukanafasha abantu batishoboye mu by’amategeko FAAS Rwanda wahurije hamwe inzego zitandukanye z’abikorera kuri uyu wa25 Gashyantare kugira ngo ikibazo cyo gucuruza abantu cyugarije abana b’Abanyarwanda gishakirwe umuti. Icuruzwa ry’abantu (Human Trafficking) ryatangiye kuvurwa cyane mu gihugu cy’u Rwanda mu mwaka ushize maze Perezida wa Repulika Paul Kagame […]Irambuye

en_USEnglish