Tags : Rodrigo Duterte

Philippines: ‘Mayor’ ari mubarashwe na Polisi bakekwaho gucuruza ibiyobyabwenge

Umuyobozi w’agace ka Saudi Ampatuan yari yashyizwe ku rutonde rw’abantu Perezida Rogrigo Duterte wa Philippines yamenye ko baba bagira uruhare mu icuruzwa ry’ibiyobyabwenge. Abapolisi bashinzwe kurwanya ibiyobyabwenge muri Philippines, bamurashe ari kumwe n’abantu  bakoranaga icyenda nyuma yo kurwana na Polisi. Uyu muyobozi witwa Samsudin Dimaukom, yayoboraga agace kitwa Saudi Ampatuan, ni umwe mu bantu 150, […]Irambuye

Perezida wa Philippine ngo Imana yamubujije kongera gutukana

I Manila muri Philippine, Perezida w’iki gihugu, Rodrigo Duterte uherutse kwita Perezida Barack Barack Obama ko ari ‘umuhungu w’Indaya’  akanamusaba kujya I kuzimu, yavuze ko yasezeranyije Imana ko atazongera kuvuga amagambo nk’aya atayihesha icyubahiro. Uyu muperezida uzi ku izina ry’Umuhannyi (the Punisher), azwiho kutihanganira abacuruzi b’ibiyobyabwenge aho amaze guhanisha banshi igihano cy’urupfu kuva yajya ku […]Irambuye

Perezida wa Philippines yumva Africa na China byava muri UN

Perezida w’ibirwa bya Philippines, Rodrigo Duterte yavuze ko igihugu cye gishobora kuva mu Muryango w’Abibumbye (UN), nyuma y’uko uyu muryango unenze cyane intambara yashoye mu kurwanya ibiyobyabwenge aho UN ivuga ko ibyo akora binyuranye n’amategeko mpuzamahanga. Ndetse we yumva Africa n’Ubushinwa nabyo byayivamo bagakora undi muryano. Duterte yavuze ko azasaba U Bushinwa n’ibihugu bya Africa […]Irambuye

en_USEnglish